EUGENE OFFICIAL

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri  Congo.
AMAKURU MU MAHANGA

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri Congo.

Sep 30, 2025

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri  Congo.Ndayishimiye yoherezaga ingabo z’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  ubuyobozibwe yavuze ko ari igikorwa kigamije guca umubano n’ u Burundi Wazalendo ndetse FRDC n’indi mitwe irimo FDLR mu ntambara bahanganyemo n’umutwe wa AFC/M23 kuri ubu ugenzura ibice birimo imijyi ya Goma na Bukavu.

Iminsi igenda ubwigenge ihita iyi ntambara igenda ifata indi ntera,  n’iyasohotse ku butaka bwa RDC ikinjira ku bw’u Burundi bwemeye ko ikibuga cy’indege cya Burundi cyigakoreshwa nk’ibirindiro byo kurasa mubice  M23 igenzura hakoreshejwe za drones z’intambara n’izindi ntwaro.

Ibirikuba abenshi babiheraho bemeza ko u Burundi bwagiye muriyi ntambara bwikururira kuba  intambara ishobora kubugiraho ingaruka mbi, haba mu bukungu,cyangwa umutekano no mu mibanire n’amahanga n’umwiryane mubayobozi n’abaturage.

Iyintambara ifite intego ko  inyuma y’uru rugamba U Burundi ubwo bwoherezaga ingabo muri RDC, amakuru yavugaga ko izo bwoherejeyo zibarirwa muri million 35, n’ubwo zimwe muri zo bwamaze kuzicyura.Abasaga million 35 bohereza ingabo zingana kuriya hanze y’igihugu ni ibintu bitigeze bibaho mu mateka ya vuba y’u Burundi, kuko million 35 ari igice kinini cy’ingabo z’igihugu; ibituma abantu bibaza niba koko igihugu gifite ubushobozi bwo gukomeza iyo ntambara igihe kirekire.

Perezida Ndayishimiye Evariste yakoze ibi yirengagije ko hari amakuru avuga ko hari imitwe yitwaje intwaro nka RED-Tabara ikorera hafi y’umupaka w’u Burundi ishobora guca mu rihumye isaha n’isaha ikaba yamutera nawe akumva ukuntu arigutera abandi.

Izindi mpamvu mu bintu biteye inkeke cyane ni uko u Burundi bwemejeko gukorana na FDLR, umutwe w’abajenosideri wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse ukomeje gushinjwa ubwicanyi no gukwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside mu burasirazuba bwa Congo kurubu birimo kototera n’amajyepfo.