Amerika igiye kujya isaba abanyamahanga ingwate kuri visa zabo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutagira gusaba abanyamahanga ingwate ya 15.000 dollar kuri visa bitewe n’abarenza igihe bemerewe kumarayo.
Ku wa 5 nyakanga nibwo iyi gahunda yashyizweho umukono na Perezida Donald Trump mu buryo bwo gukumira abanyamahanga bajyayo bakarenza igihe bimerewe ndetse n’abandi badafite ibyangobwa.
bivugako iyi gahunda izatagira gushyirwa mubikorwa tariki 20 kanama ,ingwate ikaba iri hagati ya 5.000$ na 15.000$ cyane cyane kubanyamahanga bo mu bihungu bimwe na bimwe baza muriki gihungu.
Perezida Donald Trump kuva yajya ku butegetsi muri Mutarama , igihugu cya Amerika ingingo y’imari ya cyo yifashishwa mu kurinda abanyamahanga badafite ibyangombwa, kandi ikaza uburinzi ku mipaka, ita muri yombi benshi binjiye bitemewe n’amategeko.
Kandi muri kamena Perezida wa Amerika Trump yambuye abaturange bo mu bihugu 19 byiganjemo ibyo muri Amerika , uburenganzira bwo kujya gusubira gihungu cya bo, avuga ko byakozwe mu rwego rwo kurinda byimbitse umutekano w’Abanyamerika.
Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka n’umutekano ku mipaka rwa kore raporo yerekana ko mu 2023 habonetse abasanga 500.000 barengeje igihe bemerewe kura muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Kandi barimo 49.000 bo muri Mexique, 41.000 bo muri Colombia, 20.ooo bo muri Brazil, Venezuel,Haiti na Repubulika ya Dominikani.