Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda yasoye itangazo rimenyekanisha amatariki atandukanye y’ikiruhuko rusange.
Muri iri tangazo rigaragaramo ko :kuwa Kabiri ,tariki ya 1 Nyakanga 2025 ari umunsi w’ubwigenge.
Kuwa Gatatu,tariki ya 4 Nyakanga 2025 ko azaba ari umunsi wo kwibohora.
Iyi minisiteri kandi iramenyesha abaturage ko kandi guverinoma yatanze ikiruhuko rusange ku minsi ikurikira:
Kuwa Gatatu ,tariki ya 2 Nyakanga 2025 no kuwa Kane,tariki ya 3 Nyakanga 2025 bivuga ko akazi kazasubukurwa ku wa mbere tariki ya 7 Nyakanga 2025.
Minisiteri yasabye abaturarwanda ko bakizihiza iyi minsi mikuru ikomeye mu buryo buboneye kandi butekanye.
