Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri.
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye none ku wa 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri wintebe, Dr. Edouard Ngirente.
Ibyemezo byafashwe muri iyi nama idasanzwe y’abaminisitiri YIBANZE cyane ku kibazo cyerekeranye no kwikura ku Rwanda m’umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika yo hagati.
U RWANDA rwanzuye ko DRC ikwiye kwita ku bibazo bikomeye byïmbere mu gihugu bimaze igihe, aho kwirirwa ishinja ibindi bihugu mu nama mpuzamahanga, ishaka kwihunza inshingano.”
