EUGENE OFFICIAL

NIJERIYA:IGISIRIKARE CYISHE IBYIHEBE 60 MU BITERO BYO K’UBUTAKA NO MU KIRERE.
AMAKURU

NIJERIYA:IGISIRIKARE CYISHE IBYIHEBE 60 MU BITERO BYO K’UBUTAKA NO MU KIRERE.

Jun 2, 2025

Igisirikare cya Nijeriya cyatangaje cyatangaje ko mu bitero bitandukanye cyagabye k’umutwe w’ibyihebe wa ushingiye ku idini rya Islam witwa Boko Haram kishe abasirikare buyu mutwe bagera kuri 60.

 

Igisirikare cya Nijeriya kuwa gatanu tariki ya 30 Gicurasi cyagabye ibitero gikoresheje intwaro zo mu kirere ndetse nizo k’ubutaka kuri Boko Haram mu nkambi yayo iherereye m’umudugudu wa Bita ,mdege by’igisirikare cya Nijeriya mu mujyi wa Gwoza muri leta ya Borno hafi n’umupaka w’igihugu cya Cameroni ibyo bitero igisirikare cy’igihugu cya Nijeriya cyatangaje ko aricyo kiciyemo ibyihebe 60.

 

Nkuko uwahaye amakuru AFP abivuga yemeje ko ibitero by’indege bindi byagabwe mu mudugudu wa Kareto muri komine y’Abadam hafi y’umupaka wa NIJERI .

 

Igisirikare cya Nijeriya kandi cyatangaje ko cyanakomerekeje umuyobozi wa Boko Haram witwa Amir Abu Fatima mu gihe uyu mutwe warasanaga n’ingabo za leta.

Umutwe w’ibyihebe wa Boko Haram guhera mu mwaka w

a 2009 uhanganye n’igisirikare cy’igihugu cya Nijeriya.