Ni RDC ikwiye gufatirwa ibihano kubera imyitwarire yabo

Ni RDC ikwiye gufatirwa ibihano kubera imyitwarire yabo

Mar 4, 2026

Alain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu mugabo

Read More
Ihuriro rya Afc/m23 ryigambye guhorera Lt Col Willy Ngoma

Ihuriro rya Afc/m23 ryigambye guhorera Lt Col Willy Ngoma

Mar 3, 2026

Ihuriro AFC/M23 ryaciye amarenga ko rizakomeza gutera ikibuga cy’indege cya Bangoka muri Kisangani no guhorera Lt Col Willy Ngoma wahoze ari Umuvugizi wayo ku rwego rwa gisirikare. AFC/M23 yemeje ko ari yo yagabye igitero cya drones kuri iki kibuga cy’indege ku wa 1

Read More
Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda na bamwe mubayobozi bacyo

Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda na bamwe mubayobozi bacyo

Mar 3, 2026

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), ryatangaje

Read More