Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira
Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze imyaka myinshi uhungabanywa n’intambara n’amakimbirane ya politiki, Guverinoma ya RDC n’ihuriro AFC/M23 bongeye kugaragaza ubushake bwo guhindura amateka, basinyira i Doha muri Qatar amasezerano agamije gushimangira inzira y’amahoro arambye mu
Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200
Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200 Ihuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka y’ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Rubaya cyagwiriye
Tshisekedi yasabiye ibihano u Rwanda kuko rwemeje ko rukorana na m23
Amagambo yatangajwe na perezida Tshisekedi yerekeranye nuko u Rwanda rwemeje ko rukorana na m23 , Tshisekedi avuga ko yishimiye ko Isi imenye ibyo yakunze kugaragaza ko yatewe n’u Rwanda Kandi asaba umuryango mpuzamahanga ko gufata Ibyemezo bikwiye hashingiwe kubyo u Rwanda rwiyemereye, Tshisekedi
Umusirikare ukomeye mubarinda Tshisekedi yarezwe urugomo mu nkiko z’Ububiligi
Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batanze ikirego mu nzego zitandukanye zo mu Bubiligi, bashinja umusirikare ushinzwe umutekano wa Perezida Félix Tshisekedi kubahohotera no kubatera ubwoba. Claudel Lubaya yasobanuye ko tariki ya 23 Mutarama 2026, ubwo yari yicaranye na bagenzi
Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi
Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23. Ibalanky yagizwe na Tshisekedi umuhuzabikorwa w’urwego rushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Addis Abeba agamije kugarura amahoro muri RDC. Mu