Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23

Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23

Feb 7, 2026

Eric Prince ubundi amazina ye ni Dean Prince ni umucuruzi w’umunyamerika, washinze kompanyi yigenga inshinzwe umutekano (private military company) yitwa Blackwater yayishinze mu mwaka 1997 imwe mu zamenyekanye cyane ku Isi kubera ibikorwa byayo mu bihugu birimo Iraq na Afghanistan , kandi akaba

Read More
Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria

Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria

Feb 6, 2026

Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye mu gihugu cya Nijeriya tariki ya  3 Gashyantare 2026  ndetse n’igitero cyabaye muri NIger ku kibuga cy’indege. Tariki ya 28 na 29 Mutarama 2026 mu mujyi wa Niamey naho habaye igitero

Read More
Abatasi ba FBI ya USA bamaze kugera muri RDC mugukora iperereza ku byaha bikomeye

Abatasi ba FBI ya USA bamaze kugera muri RDC mugukora iperereza ku byaha bikomeye

Feb 6, 2026

Abakozi ba FBI bageze i Kinshasa mu iperereza rikomeje kuri uru rubanza. Urubanza ruzakomeza muri #Werurwe muri Leta ya Utah muri Amerika. Abanyamerika bane barimo Marcel Malanga (22), Tyler Thompson (22), Benjamin Zalman-Polun (37) na Joseph Peter Moesser (67) bashinjwa ibyaha bikomeye birimo

Read More
Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka

Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka

Feb 6, 2026

Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo. Ni drone zaguzwe muri Turquia zakoreshejwe mu ntambara ya Ukraine,Syria na Pakistan. Izi drone zizwi nka Yiha III zifite ubushobozi bwo kuba mu

Read More
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye

Feb 4, 2026

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu. Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho

Read More
Nitwe twarashe ikibuga cya Kisangani kandi n’ahandi hose mukoresha muturasa turaza kuhagera /afc m23

Nitwe twarashe ikibuga cya Kisangani kandi n’ahandi hose mukoresha muturasa turaza kuhagera /afc m23

Feb 4, 2026

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko watangije ibikorwa byo gusenya santere y’indege zitagira abapilote(drones) iri I Kisangani . Uyu mutwe uvuga ko ibi bikorwa wabitangije tariki 31 Mutarama 2026 na tariki ya 01 Gashyantare 2026 aho wagabye ibitero bya drone kuri iyi Santere ihereye

Read More
Ingamba zo guca ibiyobyabwenge mu mujyi wa Goma

Ingamba zo guca ibiyobyabwenge mu mujyi wa Goma

Feb 3, 2026

Bimwe mu bimaze igihe kinini bibangamiye umutekano wo ku mipaka y’u Rwanda na RDC ni ibiyobyabwenge byinjizwa cyane cyane i Rubavu birimo urumogi, hakoreshejwe inzira z’ubusamo. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagaragaje ko aho urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge rukomereye ari uko ibitemewe mu Rwanda,

Read More
Uko ubuhahirane hagati ya Goma na Rubavu bwifashe

Uko ubuhahirane hagati ya Goma na Rubavu bwifashe

Feb 3, 2026

Umujyi wa Goma n’uwa Rubavu mu Rwanda ifatwa nk’impanga kubera ko yegeranye. Itandukanyijwe gusa n’umupaka munini wa La Corniche n’umuto (Grande Barriere), yifashishwa cyane mu bikorwa by’ubuhahirane n’imigenderanire hagati y’Abanyarwanda, Abanye-Congo n’abanyamahanga. Meya Katembo yasobanuye ko kubera inzitizi Leta ya RDC yashyizeho zituma

Read More
Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23

Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23

Feb 3, 2026

Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi. Meya Katembo yasobanuye ko Leta ya RDC yari yarinjije abarwanyi b’umutwe

Read More
Umutwe wa Twirwaneho yahuruje ko iri kuraswa na drone za leta zigera kuri 18 muri Minembwe

Umutwe wa Twirwaneho yahuruje ko iri kuraswa na drone za leta zigera kuri 18 muri Minembwe

Feb 3, 2026

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko mu minsi itatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryohereje drones zirenga 18 n’indege z’intambara mu kirere cya Komini Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo zice abasivili. Umuvugizi wa Twirwaneho, Col Kamasa

Read More