Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23
Eric Prince ubundi amazina ye ni Dean Prince ni umucuruzi w’umunyamerika, washinze kompanyi yigenga inshinzwe umutekano (private military company) yitwa Blackwater yayishinze mu mwaka 1997 imwe mu zamenyekanye cyane ku Isi kubera ibikorwa byayo mu bihugu birimo Iraq na Afghanistan , kandi akaba
Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria
Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye mu gihugu cya Nijeriya tariki ya 3 Gashyantare 2026 ndetse n’igitero cyabaye muri NIger ku kibuga cy’indege. Tariki ya 28 na 29 Mutarama 2026 mu mujyi wa Niamey naho habaye igitero
Abatasi ba FBI ya USA bamaze kugera muri RDC mugukora iperereza ku byaha bikomeye
Abakozi ba FBI bageze i Kinshasa mu iperereza rikomeje kuri uru rubanza. Urubanza ruzakomeza muri #Werurwe muri Leta ya Utah muri Amerika. Abanyamerika bane barimo Marcel Malanga (22), Tyler Thompson (22), Benjamin Zalman-Polun (37) na Joseph Peter Moesser (67) bashinjwa ibyaha bikomeye birimo
Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka
Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo. Ni drone zaguzwe muri Turquia zakoreshejwe mu ntambara ya Ukraine,Syria na Pakistan. Izi drone zizwi nka Yiha III zifite ubushobozi bwo kuba mu
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu. Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho
Nitwe twarashe ikibuga cya Kisangani kandi n’ahandi hose mukoresha muturasa turaza kuhagera /afc m23
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko watangije ibikorwa byo gusenya santere y’indege zitagira abapilote(drones) iri I Kisangani . Uyu mutwe uvuga ko ibi bikorwa wabitangije tariki 31 Mutarama 2026 na tariki ya 01 Gashyantare 2026 aho wagabye ibitero bya drone kuri iyi Santere ihereye
Ingamba zo guca ibiyobyabwenge mu mujyi wa Goma
Bimwe mu bimaze igihe kinini bibangamiye umutekano wo ku mipaka y’u Rwanda na RDC ni ibiyobyabwenge byinjizwa cyane cyane i Rubavu birimo urumogi, hakoreshejwe inzira z’ubusamo. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagaragaje ko aho urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge rukomereye ari uko ibitemewe mu Rwanda,
Uko ubuhahirane hagati ya Goma na Rubavu bwifashe
Umujyi wa Goma n’uwa Rubavu mu Rwanda ifatwa nk’impanga kubera ko yegeranye. Itandukanyijwe gusa n’umupaka munini wa La Corniche n’umuto (Grande Barriere), yifashishwa cyane mu bikorwa by’ubuhahirane n’imigenderanire hagati y’Abanyarwanda, Abanye-Congo n’abanyamahanga. Meya Katembo yasobanuye ko kubera inzitizi Leta ya RDC yashyizeho zituma
Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23
Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi. Meya Katembo yasobanuye ko Leta ya RDC yari yarinjije abarwanyi b’umutwe
Umutwe wa Twirwaneho yahuruje ko iri kuraswa na drone za leta zigera kuri 18 muri Minembwe
Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko mu minsi itatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryohereje drones zirenga 18 n’indege z’intambara mu kirere cya Komini Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo zice abasivili. Umuvugizi wa Twirwaneho, Col Kamasa