Masisi ibirindiro bya m23 muri Nyabiondo byarashwe na drone ya Fardc

Masisi ibirindiro bya m23 muri Nyabiondo byarashwe na drone ya Fardc

Feb 27, 2026

Igisirikare cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kuwa 26 Gashyantare 2026 cyarashe ibirindiro by’umutwe wa m23 muri teritwari ya Masisi mu gace ka Nyabiondo. Amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Kivu y’Amajyaruguru bitangaza ko ibyo bitero byagabwe  mu masaha y’ijoro kandi byagize ingaruka

Read More
RDC yatanze umukobwa wa Lumumba nk’umukandida mu kuyobora OIF

RDC yatanze umukobwa wa Lumumba nk’umukandida mu kuyobora OIF

Feb 27, 2026

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahisemo umukobwa wa Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari y’iki gihugu, Juliana Amato Lumumba, kugira ngo azahatanire umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa. Ku wa 26 Gashyantare 2026, Guverinoma ya RDC yagaragaje ko Juliana w’imyaka

Read More
Ihuriro rya Afc/m23 rimaze kwisubiza ibice byinshi muri Masisi

Ihuriro rya Afc/m23 rimaze kwisubiza ibice byinshi muri Masisi

Feb 26, 2026

Igisirirkare cy’ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kimaze kwisubiza ibice byinshi ryari ryaratswe na Wazalendo. Amakuru dukesha amasoko atandukanye yemeza zo igisirikare cya afc/m23 ARC cyatangije ibitero byo kwisubiza uduce twose ingabo zirwana ku ruhande rwa Fardc zari

Read More
Umugaba mukuru w’igisirikare cya Afc/m23 Gen maj Sultan Makenga ntiyishwe

Umugaba mukuru w’igisirikare cya Afc/m23 Gen maj Sultan Makenga ntiyishwe

Feb 26, 2026

Igitero cy’indege za drone cyahitanye Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Willy Ngoma, byamenyekanye ko cyishe abantu icyenda, gihusha Umugaba Mukuru w’aba barwanyi, Maj Gen Sultani Makenga wari umaze akanya gato avuye aho cyagabwe. Amakuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko amakuru cyahawe n’abantu

Read More
Perezida Felix Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’Ubufaransa

Perezida Felix Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’Ubufaransa

Feb 26, 2026

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku mukandida w’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF). Iki kiganiro cyabereye i Paris mu Bufaransa ku wa 25 Gashyantare 2026, aho

Read More
Afc/m23 yatangiye ikiriyo cyuwari umuvugizi w’igisirikare cyayo Lt col Willy Ngoma

Afc/m23 yatangiye ikiriyo cyuwari umuvugizi w’igisirikare cyayo Lt col Willy Ngoma

Feb 26, 2026

Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi Felix ryatangiye icyunamo cy’uwahoze ari umuvugizi w’igisirikare cyiri huriro uherutswe kwicwa na drone za Fardc mu gace ka Rubaya. Mu butumwa bwanditse n’umunyamabanga mukuru wiri huriro Benjamin Mbonimpa k’urukuta rwe rwa X yagize ati Intwari

Read More
RDC:Ibivugwa k’urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma ko yaba yishwe na Drone ya Fardc

RDC:Ibivugwa k’urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma ko yaba yishwe na Drone ya Fardc

Feb 24, 2026

Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda

Read More
Umupaka wa Gatumba uhuza igihugu cya RDC n’igihugu cy’u Burundi wafunguwe

Umupaka wa Gatumba uhuza igihugu cya RDC n’igihugu cy’u Burundi wafunguwe

Feb 23, 2026

Umupaka uhuza igihugu cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo n’igihugu cy’u Burundi  witwa Kavimvira uri hagati y’Umujyi wa Uvira na Bujumbura wafunguwe kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Gashyantare 2026 . Uyu mupaka wa Gatumba Kavimvira wafunzwe tariki ya 07/12/2025 igihe igisirikare

Read More
RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi

RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi

Feb 23, 2026

Ingabo zihuriro rirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa zikomeje kotsa igitutu ingabo zihuriro rya Afc/m23 mu bice byinshi bitandukanye haba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse na Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano ikaze yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize aho umutwe wa Wazalendo uterwa inkunga n’igisirikare cya Fardc

Read More
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi

Feb 20, 2026

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi.   Leta ya RDC yifuza ibi nk’inguranye y’amabuye y’agaciro yemereye abashoramari b’Abanyamerika kugira ngo bayacukure, banayatunganye

Read More