Masisi ibirindiro bya m23 muri Nyabiondo byarashwe na drone ya Fardc
Igisirikare cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kuwa 26 Gashyantare 2026 cyarashe ibirindiro by’umutwe wa m23 muri teritwari ya Masisi mu gace ka Nyabiondo. Amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Kivu y’Amajyaruguru bitangaza ko ibyo bitero byagabwe mu masaha y’ijoro kandi byagize ingaruka
RDC yatanze umukobwa wa Lumumba nk’umukandida mu kuyobora OIF
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahisemo umukobwa wa Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari y’iki gihugu, Juliana Amato Lumumba, kugira ngo azahatanire umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa. Ku wa 26 Gashyantare 2026, Guverinoma ya RDC yagaragaje ko Juliana w’imyaka
Ihuriro rya Afc/m23 rimaze kwisubiza ibice byinshi muri Masisi
Igisirirkare cy’ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kimaze kwisubiza ibice byinshi ryari ryaratswe na Wazalendo. Amakuru dukesha amasoko atandukanye yemeza zo igisirikare cya afc/m23 ARC cyatangije ibitero byo kwisubiza uduce twose ingabo zirwana ku ruhande rwa Fardc zari
Umugaba mukuru w’igisirikare cya Afc/m23 Gen maj Sultan Makenga ntiyishwe
Igitero cy’indege za drone cyahitanye Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Willy Ngoma, byamenyekanye ko cyishe abantu icyenda, gihusha Umugaba Mukuru w’aba barwanyi, Maj Gen Sultani Makenga wari umaze akanya gato avuye aho cyagabwe. Amakuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko amakuru cyahawe n’abantu
Perezida Felix Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’Ubufaransa
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku mukandida w’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF). Iki kiganiro cyabereye i Paris mu Bufaransa ku wa 25 Gashyantare 2026, aho
Afc/m23 yatangiye ikiriyo cyuwari umuvugizi w’igisirikare cyayo Lt col Willy Ngoma
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi Felix ryatangiye icyunamo cy’uwahoze ari umuvugizi w’igisirikare cyiri huriro uherutswe kwicwa na drone za Fardc mu gace ka Rubaya. Mu butumwa bwanditse n’umunyamabanga mukuru wiri huriro Benjamin Mbonimpa k’urukuta rwe rwa X yagize ati Intwari
RDC:Ibivugwa k’urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma ko yaba yishwe na Drone ya Fardc
Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda
Umupaka wa Gatumba uhuza igihugu cya RDC n’igihugu cy’u Burundi wafunguwe
Umupaka uhuza igihugu cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo n’igihugu cy’u Burundi witwa Kavimvira uri hagati y’Umujyi wa Uvira na Bujumbura wafunguwe kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Gashyantare 2026 . Uyu mupaka wa Gatumba Kavimvira wafunzwe tariki ya 07/12/2025 igihe igisirikare
RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi
Ingabo zihuriro rirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa zikomeje kotsa igitutu ingabo zihuriro rya Afc/m23 mu bice byinshi bitandukanye haba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse na Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano ikaze yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize aho umutwe wa Wazalendo uterwa inkunga n’igisirikare cya Fardc
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi. Leta ya RDC yifuza ibi nk’inguranye y’amabuye y’agaciro yemereye abashoramari b’Abanyamerika kugira ngo bayacukure, banayatunganye