Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko perezida Maduro azaburanishirizwa muri Amerika

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko perezida Maduro azaburanishirizwa muri Amerika

Jan 3, 2026

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko Perezida Maduro wa Venezuela azaburanishirizwa muri Amerika. Ni nyuma y’amasaha make Trump atangaje ko uyu mukuru w’igihugu yafashwe n’ingabo za Amerika. Visi Perezida wa Venezuela, Delcy Rodríguez yavuze ko

Read More
Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela amaze gufatwa na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika

Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela amaze gufatwa na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika

Jan 3, 2026

Perezida Trump yavuze ko Amerika yagabye “ibitero bikomeye kuri Venezuela” kandi “yafashe umutegetsi wayo, Perezida Nicolàs Maduro” n’umugore we. Ibi yabitangaje ku rubuga rwe Truth Social anemeza ko nyuma yo gufatwa Maduro yahise “avanwa mu gihugu” n’indege.Nta makuru arambuye aratangazwa ku kuba Maduro

Read More
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero muri Venezuela

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero muri Venezuela

Jan 3, 2026

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela ndetse no ku murwa mukuru wayo Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma anatangaza ko bataye muri yombi Perezida Maduro w’iki gihugu. Ibi ni byo bitero bya mbere

Read More

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zazindukiye mu myigaragambyo

Jan 2, 2026

Impunzi z’Abanye-Congo ziba mu nkambi ya Nyabiheke iherereye mu Karere ka Gatsibo, zakoze imyigaragambyo yo mu mahoro yo kwamagana amagambo y’urwango aherutse kuvugwa n’uwari Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sylvain Ekenge, yibasira Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ni

Read More
Afc/m23 yerekanye amayeri leta ya RDC iri gukoresha muguhishira ko ubutegetsi budashoboye

Afc/m23 yerekanye amayeri leta ya RDC iri gukoresha muguhishira ko ubutegetsi budashoboye

Jan 2, 2026

Mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gutwerera u Rwanda ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu, AFC/M23 yashimangiye ko ari amayeri ikoresha mu guhisha ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwananiwe gukemura ibibazo by’Abanye-Congo. Umuhuzabikorwa mu bya Politiki w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa,

Read More
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda

Jan 1, 2026

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwibasira u Rwanda mu ijambo risoza umwaka wa 2025 yaraye agejeje ku baturage b’igihugu cye. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi muri iryo jambo yavuze ko ashimishijwe n’uko igihugu cye kibanye neza n’ibihugu byo mu karere baturanye, usibye u

Read More
Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite

Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite

Jan 1, 2026

Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite, rukaba rukwiye kwitegura icyasabwa cyose ngo rusigasire ibyagezweho, n’iyo byasaba kwitanga. Mu ijambo risoza umwaka, umukuru w’igihugu yabanje kwibutsa ko uyu mwaka wa 2025 usize u Rwanda ruteye intambwe

Read More
Ukraine ikomeje kwihimura ku gihugu cy’Uburusiya ibagabaho ibitero bikomeye na drone

Ukraine ikomeje kwihimura ku gihugu cy’Uburusiya ibagabaho ibitero bikomeye na drone

Jan 1, 2026

Umuyobozi w’Umurwa Mukuru w’u Burusiya, Sergey Sobyanin, yatangaje ko mu ijoro ry’ubunani, ingabo za Ukraine zagabye ibitero by’indege zitagira abapilote, kuri uyu mujyi, mu gihe Perezida Vladimir Putin yatambutsaga ijambo ry’ikaze ribinjiza mu mwaka mushya wa 2026. Abinyujije ku rubuga rwa Telegram, Sobyanin

Read More