Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée, Mamadi Doumbouya, watorewe gukomeza kuyobora iki gihugu mu matora yabaye ku wa 28 Ukuboza 2025. Perezida Kagame abinyujije kuri X ati “Ndashimira cyane, umuvandimwe wanjye, Perezida Mamadi Doumbouya, ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya
Umuhungu wa perezida Nicolas Maduro yemeje ko papa we na nyina bagambaniwe n’abamurindaga
Umuhungu wa Perezida NicolasMaduro yatangaje ko ise atafashwe nkuko bivugwa,yemeje ko ahubwo yagambaniwe n’abarinzi be ,ndetse n’ibihugu by’inshuti ze,avuga ko bamugambaniye bakamuha Abanyamerika yemeza ko nta muntu numwe wari hafi yase akizera,ibi uyu muhungu abitangaje mu gihe Maduro yaraye yitabye urukiko rwo muri
Guverinoma ya Cuba yatangaje ko igitero cyo gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela cyaguyemo abasirikare bayo 32
Guverinoma ya Cuba yatangaje ko igitero cyo gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela cyaguyemo abasirikare bayo 32. Abasirikare n’abapolisi ba Cuba bari bacunze umutekano mu butumwa bw’ibihugu byo muri Caraïbes bwasabwe na Venezuela. Cuba isanzwe ari inshuti magara ya Venezuela ndetse mu bihe
Perezida Trump yabaye nkuha amabwiriza perezida w’inzibacyuho wa Venezuela ko natayubahiriza azahura n’akaga
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald J. Trump, yaburiye Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela Delcy Rodríguez, ko ashobora kwishyura ikiguzi gikomeye cyane kirenze icya Nicolás Maduro nadakora ibyo Amerika ishaka. Mu kiganiro Trump yahaye ikinyamakuru The Atlantic, yavuze ko impinduka mu
Perezida Ndayishimiye Evariste akebuye minisitiri wiwe Qatar ibiha umugisha
Mu gisa no gukosora ibyavuzwe na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko igihugu cye ‘igihe cyose cyashimiye ‘uruhare rw’ingenzi’ rwa Qatar mu buhuza ku kibazo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko ku wa gatandatu nijoro
Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri RDC
Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse rikomeje kwiyongera, itanga impuruza kuri iki kibazo. Itangwa ry’impuruza ryashingiye ku mibare yakusanyijwe n’abatanga serivisi zo
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro wayoboraga Venezuela n’umugore we, agaragaza ko kinyuranyije n’amategeko kandi ko kirimo ubushishozi buke. Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida Delcy Rodriguez gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida, Delcy Rodriguez, gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki cyemezo cyafashwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Mutarama 2026, aho urukiko
Umuryango mpuzamahanga w’abaganga batagira umupaka batangaje umubare wabagizweho ingaruka n’ibitero bya drone za Fardc muri Masisi
Umuryango mpuzamahanga w’abaganga batagira umupaka batangaje ko ibitero bikomeye bya drone byagabwe na Fardc muri Masisi centre byagize ingaruka ku bantu barenga 42 ko ubu bari kwitabwaho naba baganga. Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu wa Gatanu
FARDC yeretse abanyamakuru abo ivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga iherutse gufata
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyeretse abanyamakuru abo kivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga ingabo zacyo zafatiye mu bikorwa ziheruka gukora. FARDC ivuga ko ifatwa ry’abo barwanyi ari “igihamya simusiga ku ruhare rutaziguye rw’ingabo z’amahanga iruhande rw’imitwe yitwaje intwaro y’iterabwoba ikorera