Nubwo umutuzo wabaye nkugaruka Masisi Wazalendo ziracyashaka kugaba ibitero kuri m23
Umutuzo usa nk’uwagarutse muri iki gitondo cyo ku wa Gatatu, itariki ya 14 Mutarama 2026, i Kalembe, muri Gurupoma ya Bashali Mokoto (Teritwari ya Masisi) iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano yaraye ibaye mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu
Ndayishimiye ntazi niba azongera kuba perezida afite ubwoba bwo gupfa 2027
Ndayishimiye asubiza abibaza niba azongera kwiyamamaza muri manda ya kabiri, yagize ati: “Hari abibaza niba zongera kwiyamamaza mu 2027. Ariko mwebwe, ubwo muzi neza ko nzaba nkiriho? None ntabwo nzapfa? Ese mpise mpfa uyu munsi byagenda gute?” Perezida w’u Burundi yananenze abo avuga
Fardc yarashe ikiraro cya Kalundu ikoresheje drone
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, ingabo z’iki gihugu zarashe ikiraro cya Kalundu giherereye muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka,
RDF yohereje abasirikare mu gihugu cya Jamaica
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zohereje itsinda ry’abasirikare b’inzobere mu bwubatsi muri Jamaica, mu rwego rwo gufasha icyo gihugu gusana ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza byatewe n’inkubi y’umuyaga wiswe ‘Hurricane Melissa’, wibasiye Jamaica mu mpera z’umwaka ushize ukangiza byinshi. Abo basirikare boherejwe muri icyo gihugu
Umusirikare wa Sandf yasobanuye uko Fardc yabagambaniye kuri afc/m23 mu mujyi wa Goma
Umwe mu basirikare bo mu ngabo za Afurika y’Epfo (SANDF) bari baroherejwe kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahishuye akaga we na bagenzi be bahuye na ko karimo kugambanirwa n’ingabo za RDC bari baragiye gufasha ku rugamba, bigatuma inyeshyamba za M23 zibatsinda.
Burundi/RDC:igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi gikomeje komoka Tanganyika ku bwinshi kujya guhangana na m23
Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi muri Congo mu ibanga ,aba basirikare bakaba bari kunyuzwa mu mazi ahavugwa ko hamaze koherezwa amato 3 yuzuye abasirikare banyuze muri Tanganyika. Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi mu bice binyuranye muri Repubulika
Goma:Twamaze kugarura umutekano mu bice tugenzura/Maj Gen Sultan Makenga
Ku wa mbere, 12 Mutarama 2026, abayobozi barenga 800 b’abaturage baturutse mu turere tugenzurwa na AFC m23 twa Rutshuru, Lubero, Nyiragongo, Masisi, ndetse n’igice cya Walikale bitabiriye inama n’abayobozi bakuru ba AFC-M23 mu nzu ndangamurage ya Himbi, icyicaro cya guverinoma y’intara ya Kivu
Igisirikare cya Tanzaniya n’icy’Abarundi birukanye Wazalendo na Fardc muri Makobola mu gihe drone yarasaga Minembwe
Igisirikare cy’u Burundi ku bufatanye n’icya Tanzania hamwe n’abacancuro bari i Makobora basubije inyuma ingabo za FARDC n’abo mu mutwe wa Wazalendo. Ibi bikaba bigamije gutuma ari bo bajya ku murongo w’imbere muri gahunda yo kwisubiza umujyi wa Uvira. Byongeye kandi biravugwa ko
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bwayo kuva muri Venezuela
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bwayo kuva muri Venezuela no kwigengesera mu gihe bakora ingendo mu mihanda. Ibi byatangajwe nyuma y’uko hari amakuru yatangajwe ko hari umutwe w’abantu bitwaje intwaro ukomeje guhigisha uruhindu abantu bafite ubwenegihugu bwa Leta Zunze
Masisi :umutwe wa afc/m23 bongeye gusakirana
Abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bongeye gusakiranira mu mirwano n’abo mu ihuriro Wazalendo rirwana ku ruhande rwa Leta, mu gace ka Masisi. Ikinyamakuru Actualité cyo muri RDC cyatangaje ko imirwano yatangiye Saa Kumi n’Ebyiri za