MRDP Twirwaneho iratanga impuruza y’ibitero biri gutegurwa n’ihuriro rya Kinshasa mu bice bya Minembwe na Fizi
Umutekano w’abaturage bo mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo uravugwaho impungenge zikomeye, nyuma y’amakuru avuga ko hari ingabo n’imitwe yitwaje intwaro bikomeje kwinjizwa muri utu duce mu buryo budasanzwe. Ibyo byatangajwe n’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, uvuga ko mu bice birimo Fizi, Itombwe na Uvira
Igisirikare cya USA kigiye gutoza igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi
Umugaba mukuru w’ingabo za Kongo FARDC yoherereje abakuru b’ingabo telegram ya gisirikare yihutirwa abasaba gutoranya no kohereza byihuturwa abasirikare bazajya mu mutwe udasanzwe uzatozwa kandi ugakorana n’ingabo za Amerika muri Congo mu kwisubiza buri sentimetero yose y’ubutaka bwabo no kurinda ubusugire bwa Congo
Afc/m23 yamaganye ibitero biri kugabwa na leta ya Kinshasa ku baturage
Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, Wazalendo n’Abarundi byahitanye abasivili mu gace ka Minzenze. Ni ibitero byagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026. Bikaba byanifashishijwemo
Nukuzana Bobi Wine ari muzima cyangwa ari umupfu/Gen Muhoozi Kainerugaba
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko amabwiriza mashya ingabo zahawe ari ukuzana Bobi Wine umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi uri mu bwihisho “ari muzima cyangwa apfuye”. Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yanditse ku rubuga rwa X, ko mu masaha 24 bari bahagaritse gushakisha Robert Kyagulanyi
Fardc ikomeje kurasa ibirindiro bya m23 ikoresheje drone
Igisirikare cya Fardc cyarashe ibirindiro bya Afc/m23 gikoresheje indege z’intamabara zitagira abapilote zizwi nka drone ,ibi bitero bikaba byagabwe muri teritwari ya Walikare na teritwari ya Rutshuru . Amakuru aremeza ko izi drone kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Mutarama 2026 zarashe
U Rwanda rwemereye USA ko rufitanye imikoraniye n’umutwe wa Afc/m23
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, ishingiye ku nyungu zihuriweho zo kurinda Abatutsi bamaze igihe bibasirwa n’umutwe wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byatangajwe n’Ambasaderi w’u
Ubuyobozi bwa Afc/m23 bwahaye ibitaro bya Masisi Imbangukiragutabara
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryashyikirije ibitaro bikuru bya Masisi imbangukiragutabara nshya kugira ngo ijye ibifasha guha abaturage ubutabazi bwihuse. Umuhango wo gutanga iyi mbangukiragutabara yo mu bwoko bwa Land Cruiser wayobowe na Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru
Gen.Makenga avuga ku rugamba raw Afc/m23 muri 2026
Umuhuzabikorwa mu bya gisirikare w’Ihuriro AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga yibukije abayobozi muri iri Huriro ko bakiri mu ntambara, kandi ko bakwiye gukomeza kwitonda no kurangwa n’imyitwarire myiza, kuko ari byo bizabafasha kuyitsinda, kandi ko uyu mwaka wa 2026, ugomba kuba uw’akazi gakomeye.
Nta numwe wadukumira dushatse gusubira mu mujyi wa Uvira/Corneille Nangaa
Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko abarwanyi babo bashatse gusubira mu Mujyi wa Uvira, babigeraho kuko nta wabakumira. Mu nama yahurije abanyamuryango ba AFC/M23 mu Mujyi wa Bukavu tariki ya 21 Mutarama 2026,
Perezida Felix Tshisekedi mu mugambi wo kumarira umuryango wa Corneille Nangaa muri gereza
Abantu benshi bo mu muryango w’umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanirra Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, barafunzwe, abandi bahunga igihugu. Umwe mu bafunzwe mbere ni umuvandimwe wa Nangaa witwa Baseane Nangaa Putters, ubu akaba ari muri gereza ya gisirikare ya