Ibihugu bya Mali na Burikinafaso byihimuye kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika giherutse kumenyesha ibihugu bya Mali na Burikinafaso ko nta muturage wabo wemerewe kujya muri iki gihugu ,akaba ari icyemezo cyafashwe niki gihugu kuwa 16 Ukuboza 2025. Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bwibi bihugu bya Mali na Burikinafaso nazo
Gen Doumbouya niwe watsinze amatora muri Guinee Conakry
Komisiyo ishinzwe amatora muri Guinée-Conakry yatangaje ko Gen Doumbouya uyobora iki gihugu kuva mu 2021 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 86,72%. Aya matora yabaye tariki ya 28 Ukuboza 2025. Gen Doumbouya yahatanye n’abandi bakandida umunani barimo abahoze muri Guverinoma n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Perezida Kagame yashimye Ingabo z’u Rwanda n’Inzego z’umutekeno
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’Inzego z’umutekano ku muhate zagaragaje mu mwaka wa 2025 wose mu bikorwa byo kurinda umutekano w’u Rwanda n’ubusugire bwarwo, byatumye ibikorwa by’iterambere bikorwa nta nkomyi. Yashimangiye ko ingabo
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abaamutswe n’urwango
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yasobanuye uburyo abamunzwe n’urwango bahinduye igisobanuro cy’ijambo ‘Ubwenge’ bagamije inabi. Tariki ya 27 Ukuboza 2025, ofisiye mu ngabo za RDC, Gen Maj Sylvain Ekenge, yavugiye kuri televiziyo y’igihugu (RTNC) ko ubusanzwe ijambo ‘Ubwenge’ ryakomotse ku
Ubushinwa bwanze ikifuzo cya Israel cyo kwigenga kwa Somaliland
Ubushinwa bwiyongereye ku bihugu bitandukanye hamwe n’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika mu kwamagana ko Somaliland – imwe mu ntara zigize Somalia – yemerwa nk’igihugu cyigenga.Minisitiri wungirijwe ushinzwe itangazamakuru muri ministeri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa, Lin Jian, asubirwamo n’ibiro ntaramakuru Reuters avuga ko “nta gihugu na
Perezida Kagame Paul yahanuye urubyiruko ko rudashobora kubaka igihugu rutabanje kwiyubaka ubwarwo
Mu birori bisoza umwaka, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahanuye urubuiruko rw’u Rwanda arwibutsa ko rudashobora kubaka Igihugu rudahereye ku kubanza kwiyubaka ubwarwo. Ibirori bisoza umwaka byabereye muri Kigali Convention Centre ku mugoroba wo ku wa Mbere, byitabiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahagaritse mu mirimo umuvugizi w’igisirikare Général-major Sylvain Ekenge
Ibiro ntaramakuru bya Congo (ACP) byatangaje ko kuri uyu wa mbere Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahagaritse mu mirimo umuvugizi w’igisirikare Général-major Sylvain Ekenge, kubera amagambo y’ivangura yavuze ku bwoko bw’abatutsi. ACP hamwe n’ikinyamakuru Le Potentiel bisubiramo umusirikare mukuru abimenyesha ko
Uburasirazuba bwa RDC bukomeje kuba isibaniro ry’imirwano n’amakimbirane
Guhera kuwa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025 urufaya rw’amasasu rwumvikanaga mu bice bya Mamau guhera mu masaha ya ssa tanu z’amanywa ,aho igisirikare cya leta ya Kongo (FADRC)cyari gihanganye bikomeye n’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo m’uburasirazuba bwa Biakato muri sheferi ya
Nyamagabe:ishyaka rya greenParty ryahuguye abarwanashyaka baryo muri aka karere
Uyu munsi kuwa 28 Ukuboza 2025 ,ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryasoje guhugura abarwanashyaka baryo bo mu ntara y’Amajyepfo aho basoreje aya mahugurwa mu karere ka Nyamagabe. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo ubuyobozi bwa rino shyaka bwatangiriye mu karere ka
Rubavu:hatashye inzu yubatswe nabahoze mu bucuruzi bw’ubuzunguzayi
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Sebahizi Prudence ari kumwe na guverineri w’intara y’Iburengerazuba n’abayobozi batandukanye mu nzego za leta n’izabikorera batashye inyubabo y’ubucuruzi ifite agaciro ka Miliyoni 450Frw yubatswe n’abahoze ari abazunguzayi mu Karere ka Rubavu nyuma yo kwishyira hamwe bagashinga Koperative Unama Ukore Gisenyi.