Goma station za essance zitujuje ibisabwa zigiye gufungwa
Zimwe muri stations za lisansi zubatswe mu buryo butujuje ibisabwa n’amategeko hirya no hino mu Mujyi wa Goma zigiye gufungwa, hagamijwe guca akajagari muri iri shoramari no gukumira inkongi z’umuriro. Ibi byagarutsweho na Amani Bahati Shaddrack, Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ushinzwe ubukungu,
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya. Bivugwa ko bari mu mutwe w’abacanshuro urwanira u Burusiya muri iyo ntambara. Abafashwe bari hagati y’imyaka
MRDP Twirwaneho yahaye Makanika Rukunda ipeti rishya nubwo yatabarutse
Ubuyobozi bw’ishyaka rya MRDP Twirwaneho ryahaye ipeti rishya gen maj Makanika Rukunda rya Liyetena generali kandi agirwa umuyobozi w’ikirenga w’ingabo za FRP Twirwaneho. Mu itangazo ryashyizweho umukono na perezida wa MRDP Twirwaneho Dr Freddy Kaniki yahaye n’abandi basirikare benshi amapeti abashimira ubwitange bakomeje
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi, ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza muri kiriya Gihugu, akekwaho kohereza ikawa mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Colonel Bonfort Ndoreraho ari mu maboko y’urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza mu
Umuhanzi Diamond Platinumz yababajwe n’imyigaragambyo yabaye nyuma y’amatora ya perezida
Umuhanzi Diamond Platinumz, ukunzwe na benshi mu gihugu cya Tanzania no muri Afurika y’Iburasirazuba yagaragaje agahinda yatewe n’imyigaragambyo iherutse muri Tanzania ubwo habaga amatora y’umukuru w’igihugu tariki ya 29 Ukwakira 2025, aho urubyiruko rwamaganaga Perezida Suluhu Hassan, asabira igihugu cye amahoro. Ni imyigaragamyo
Ishyaka rya CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan ryandikiye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ‘ICC’ ku byaha biri gukorerwa abanyagihugu ba Tanzania
Perezida Samia Suluhu Hassan yatsinze amatora kuri 98% ariko yarahiriye mu kigo cya gisirikare mu kwirinda imyigaragambyo yari kuba iyo arahirira muri sitade nk’uko bisanzwe. Kuri ubu rero ishyaka ritavuga rumwe na CCM iri ku butegetsi ryamaze kumenyesha imiryango mpuzamahanga ko bakwiriye kugira
Gen Masunzu Pacifique yatawe muri yombi mbere yo kujya gufungirwa i Kinshasa
Umuyobozi w’akarere ka Gatatu k’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt Gen Pacifique Masunzu, yatawe muri yombi mbere yo kujya gufungirwa i Kinshasa. Amakuru avuga ko Masunzu yatawe muri yombi ku Cyumweru tariki ya 2 Ugushyingo afatiwe mu mujyi wa Kisangani mu
Umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda yasabye aba Tanzania guhirika ubutegetsi bwa Samia Suluhu
Gen. (Rtd) David Sejusa wo mu gihugu cya Uganda, yasabye aba Tanzaniya gukora iyo bwabaga bagahirika ingoma ya Madam Samiya Suluhu Hassan uherutse gutorerwa kuyobora icyo gihugu cya Tanzaniya, ndetse no ku munsi w’ejhashize akaba yararahiye nyuma yo kwemezwa na komisiyo y’amatora NEC.
Perezida Samia Suluhu yarahiriye kuba perezida wa Tanzania mu muhezo
Ntangaje ko Samia Suluhu Hassan ari we mukuru w’igihugu watorewe kuyobora Repubulika yaTanzania avuye mu mu ishyaka CCM,” byavuzwe n’umukuru wa INEC, Jacobs Mwambegele, mu gitondo cyo ku wa gatandatu, tariki ya 01/11/2025. Ayo magambo ashobora gusa nk’asanzwe kuri wowe, ariko ni yo
Abarwanashyaka ba green party muri Rusizi bibukijwe amahame n’ingengabitekerezo bibagenga
Komiseri mukuru muri greenParty hon Alexis Mugisha mu kiganiro yaganirije abarwanashyaka ba green Party y’ibanze kwibutsa abarwanashyaka inshingano zabo mu kubaka ishyaka mu nzego zose z’igihugu,agaruka cyane ku mahame y’ishyaka n’ingengabitekerezo y’ishyaka kugira ngo abarwanashyaka bose bajye babasha kuyisobanura mu buryo bumwe,agaruka ku