UKO UBUKORONI BWATSINZE U RWANDA
Abakoroni bari bafite intwaro zikomeye cyane; imbunda n’imizinga, naho Abanyarwanda bafite amacumu n’imyambi gusa , abakoroni babarushije amaboko. Icyo gihe abakoroni binjira mu Rwanda hari amakimbirane hagati y’abana b’umwami Rwabugiri; ingabo za Musinga ahagarariwe na Nyina Kanjogera ( kuko Musinga yari umwana) zarwanye
Umutwe wa FDLR wateguje u Rwanda ko ugiye kurwotsa igitutu paka bawemereye ibiganiro
Mu gihe DRC ivuga ko yatangije ubukangurambaga busaba ko inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR kwitanga no gushyira intwaro hasi, hagamijwe ko basubizwa mu Rwanda bakanga bakazahatirwa gutaha ku gahato, ubu uyu mutwe wo uravuga ko uzirwanaho kugeza igihe Leta y’u Rwanda
Afc/m23 yongeye gushinja Fardc kugaba ibitero muri Masisi hakoreshejwe drone
Indege zitagira abadereva z’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero bivugwa ko byongeye kwibasira abasivili mu ijoro ryakeye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, Ihuriro rya AFC / M23 ryamaganye mu buryo bukomeye ibitero bya
Fardc yashinje ihuriro rya Afc/m23 kubagabaho urufaya rw’ibitero
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zashinje umutwe wa M23 gukaza ibitero ku birindiro byazo biri mu burasirazuba bwa Congo, mu gihe buri ruhande rushinja urundi kuba nyirabayazana yo kwica agahenge zumvikanye. Umuvugizi wa FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge mu itangazo
Tanzania abagize uruhare mu myigaragambyo bari gufungwa ariko abandi bari kwicwa buhoro buhoro
Muri Tanzania imibare y’abaguye mu myigaragambyo ikomeje kwiyongera. Abagize uruhare muri iyo myigaragambyo bari gufatwa bagafungwa. Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bafatanyije na CHADEMA, Ishyaka ritavuga rumwe na CCM babwiye AFP ko abantu 3000 aribo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo. Mu mijyi ya
Umupaka uhuza igihugu cye na Benin na Niger ntuteze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin
Perezida w’inzibacyuho wa Niger, Gen. Abdourahamane Tchiani, yatangaje ko umupaka uhuza igihugu cye na Benin udateze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin. Ibi yabivugiye mu ruzinduko yagiriye mu mujyi wa Gaya ku wa 9 Ugushyingo 2025, uri hafi
Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho
Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho, we n’abarinzi be bakubiswe, bagirwa intere mbere yo gufungwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi. Col. Fureko Désiré n’abarinzi be bafashwe mu mpera z’icyumweru dusoje, bashinjwa gukorana n’abarwanyi ba
Ubumenyi ku ikoranabuhanga bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025, ubwo hatangiraga inama ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika. Ni ku nshuro ya
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere mu ruhame ubwo yari mu biganiro n’abaturage hafi y’Ingoro y’Umukuru w’Igihugu mu Murwa Mukuru wa Mexico. Amashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje umugabo asatira Perezida amuturutse inyuma akamusoma
Tchad abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka
Abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Tchad. Abantu 33 bamaze gupfira mu mu mirwano ibahanganishije kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru tariki ya 3 Ugushyingo 2025. Imirwano hagati y’izi