Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira Antananarivo, 11 Ukwakira 2025, mu gihe Madagascar yari ikomeje kumvwa cyane ku ruhando mpuzamahanga kubera ubukungu buri mu kangaratete, ikibazo cy’abaturage batishimira imikorere ya Leta cyahindutse
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo”
Boris Johnson asaba kugarura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda: “Indangamuntu y’ikoranabuhanga ntizatanga igisubizo” Mu gihe Guverinoma nshya y’u Bwongereza iyobowe na Keir Starmer ikomeje gushaka ibisubizo ku kibazo cy’abimukira binjira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Boris
“No One Can Stop Reggae”: Abanyarwanda mu kwibuka Philip Lucky Dube ku Kicukiro
“No One Can Stop Reggae”: Abanyarwanda mu kwibuka Philip Lucky Dube ku Kicukiro Ku wa Gatandatu tariki ya 18 Ukwakira 2025, ahazwi nka Copenhagen ku Kicukiro, hitezwe guhurira abakunzi b’umuziki n’abanyabigwi mu by’umuco n’ubuhanzi, mu gikorwa cyo kwibuka umuhanzi w’icyamamare ku isi yose,
Impamvu umutwe wa FDLR utazaranduka burundu muri RDC
Abashakashatsi batandukanye bagaragaza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR wamaze gushinga imizi muri bimwe mu bihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari, nka Jason Stearns umushakashatsi ku bijyanye n’intambara muri RD Congo, avuga ko ibyegeranyo by’umuryango wa Loni byerekana ko ubu aba barwanyi ba FDLR bagera
Kavimvira amatsinda abiri ya Wazalendo yasubiranyemo ararasana bikomeye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/10/2025, ni bwo i Uvira habaye imirwano ikomeye hagati yariya matsinda abiri yo muri Wazalendo. Isubiranamo ryabo nk’uko aya makuru abivuga n’uko ryahereye mu nkengero za centre ya Kavimvira, biza gukomereza ku misozi yunamiye
Rutsiro:abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije batangiye guhugurwa
None tariki ya 11 Ukwakira 2025 abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bo mu karere ka Rutsiro bateraniye mu nama n’amahugurwa aho byatangijwe na komiseri mukuru wiri shyaka akaba n’umusenateri mu nteko shingamategeko umutwe wa sena. Abitabiriye iyi nama barahabwa
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga Mu gihe ibihugu byinshi byo mu karere byamaze kugira ubukungu bushingiye ku mabuye y’agaciro, u Burundi bwanditse amateka mashya ku wa 10 Ukwakira 2025, ubwo bwoherezaga toni 260 z’amabuye y’agaciro
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda Mu gihe intara z’Amajyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kuba ahantu h’imvururu n’imirwano ishingiye ku mitwe yitwaje intwaro, Igisirikare cya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida Dina Boluarte, kubera ubwicanyi n’ibyaha bikomeje guhitana ubuzima bw’abantu muri icyo gihugu. Perezida Dina, utarigeze yerekwa urukundo n’abo ayobora kuko akunzwe hagati ya 2-4%, yegujwe mu ijoro ryakeye ryo ku wa 09
Perezida Sénégal Bassirou Diomaye Faye ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi
Perezida Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi. Urugendo rwe mu Rwanda biteganyijwe ko ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ko ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame. Iby’urwo ruzinduko byemejwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri muri Sénégal, ku