Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU

Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU

Oct 14, 2025

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda, ari kumwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi (Inter-Parliamentary Union – IPU), Martin Chungong. Martin Chungong ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, aho yageze

Read More
Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe

Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe

Oct 14, 2025

Perezida uri mu bibazo wa Madagascar Andry Rajoelina yavuze ko ubu yihishe “ahantu hatekanye” nyuma y’igerageza ryo kumwica, nyuma y’ibyumweru bishize haba imyigaragambyo y’abasaba ko yegura. Mu ijambo yavuze imbona nkubone yagejeje ku baturage arinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Rajoelina, w’imyaka 51,

Read More
Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23

Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23

Oct 14, 2025

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere “ku gahenge karambye” kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar. Dr Oscar Balinda yari abajijwe ku biherutse gutangazwa na Perezida Félix Tshisekedi ari

Read More
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie

U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie

Oct 13, 2025

U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie Mu mateka mashya y’imyitozo n’ubunyamwuga mu gisirikare, u Rwanda rwongeye kugaragaza ko ari igihugu cyubatse ingabo zifite ubumenyi buhanitse, nyuma y’uko Ingabo z’u Rwanda zidasanzwe (RDF Special Forces)

Read More
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga

Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga

Oct 13, 2025

Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga Mu gihe isi ikomeje gushakisha uburyo bwo kubungabunga ibidukikije no kugabanya imyanda ituruka mu bikorwa by’abantu, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hatangiye gukwirakwira uburyo bushya bwo gushyingura abantu bapfuye butari busanzwe. Ubu buryo bwiswe

Read More
Perezida wa FERWAFA yateguje igisubizo cyo gutsindwa kw’Amavubi

Perezida wa FERWAFA yateguje igisubizo cyo gutsindwa kw’Amavubi

Oct 13, 2025

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice yateguje igisubizo cyo gutsindwa ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, avuga ko bagiye gushyira imbaraga nyinshi cyane mu bakiri bato.Amavubi arimo arabarizwa muri Afurika y’Epfo aho yagiye gukina n’iyi kipe y’igihugu mu mukino usoza

Read More
Vestine na Dorcas berekeje mu gihugu cya Canada nyuma yo gutaramira muri Camp Kigali

Vestine na Dorcas berekeje mu gihugu cya Canada nyuma yo gutaramira muri Camp Kigali

Oct 13, 2025

Itsinda ry’abahanzikazi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas ryerekeje muri Canada ku nshuro ya mbere, aho bagiye gukorera uruhererekane rw’ibitaramo byitiriwe indirimbo yabo “Yebo”, iri mu zikunzwe cyane muri iki gihe. Aba bahanzikazi bahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga

Read More
Afc/m23 yabwiye Tshisekedi ko ntaho azahungira ibiganiro bya Doha ngo kuko niho honyine hazakemura ibibazo bafitanye

Afc/m23 yabwiye Tshisekedi ko ntaho azahungira ibiganiro bya Doha ngo kuko niho honyine hazakemura ibibazo bafitanye

Oct 13, 2025

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryibukije icyo gihugu ko ibiganiro by’amahoro bibera i Doha kidashobora kubihunga kuko ari bwo buryo bwo guhagarika intambara iri mu Burasirazuba bwa Congo. Ibiganiro byateguwe na Leta ya Qatar kuva mu

Read More
Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora

Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora

Oct 13, 2025

Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora. Samia yavuze ko kizabuza abaturage uburenganzira bwabo mu matora ateganyijwe ku wa 29 Ukwakira 2025, kuko

Read More
Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi

Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi

Oct 13, 2025

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko hari “igerageza ryo gufata ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko” riri kuba mu gihugu, nyuma y’uko bamwe mu basirikare bifatanyije n’abigaragambya mu murwa mukuru Antananarivo. Mu itangazo ryasohowe na Perezidansi kuri iki Cyumweru tariki 12 Ukwakira 2025,

Read More