Gutanga ‘procurations’ muri serivisi z’ubutaka byahagaritswe
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyahagaritse by’agateganyo kwakira impapuro mpeshabubasha zizwi nka ’procurations’, mu gukumira ko hari abantu bakoresha uburiganya bagahimba inyandiko bagamije guhererekanya ubutaka butari ubwabo. Itangazo ry’iki kigo rivuga ko muri iki gihe umuntu wese ukeneye serivisi y’ihererekanya ry’uburenganzira ku butaka
Perezida Kagame yihanganishije Kenya yapfushije Raila Odinga
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yafashe mu mugongo Perezida wa Kenya William Ruto, n’Abanyakenya bose, n’umuryango wa Raila Amolo Odinga waraye yitabye Imana azize guhagarara k’umutima.Perezida Kagame yavuze ko ukwiyemeza gukorera abaturage kwa Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, guharanira
Hamenyekanye amazina 25 y’ibyihebe by’abanyarwanda batera inkunga iterabwoba
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu. Bashinjwa gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, gushinga imitwe y’iterabwoba cyangwa gushyigikira ibikorwa bigamije guhungabanya u Rwanda. Uru rutonde
Intumwa za Afc/m23 niza guverinoma ya RDC bashyize umukono ku gahenge ko guhagarika intambara bihoraho
Abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23, kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 bemeranyije guhagarika imirwano . Ni amasezerano impande zombi zashyizeho umukono i Doha muri Qatar mu rwego rwo kurangiza ibibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo. Bimwe mu
Agahenge lete ya Tshisekedi yasinyanye na AFC/m23 gakomejwe kwirengagizwa
Guverinoma ya Congo nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ihagarikwa ry’imirwano n’ihuriro rya AFC/M23,yagabye igitero cya Drone mu gice kimwe gicukurwamo amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo. Iki gitero kije nyuma yaho kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ukwakira 2025 mu biganiro by’i
Burundi yohereje abasirikare b’aba komando i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi
Burundi yohereje abasirikare b’aba komando i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi Kinshasa, 15 Ukwakira 2025, mu gihe umwuka w’amakimbirane hagati y’umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’ingabo ze urushaho kwiyongera, igihugu cy’u Burundi cyohereje abasirikare bacyo b’intoranywa mu murwa mukuru
Raila Odinga, umunyapolitike uzwi cyane muri Kenya no mu karere, yapfuye ku myaka 80
Raila Odinga, umunyapolitike uzwi cyane muri Kenya no mu karere, yapfuye ku myaka 80 Nairobi, 15 Ukwakira 2025 Raila Amolo Odinga, umwe mu banyapolitike bakomeye Kenya yagize mu kinyejana cya 20 n’icya 21, yapfiriye mu gihugu cy’u Buhinde aho yari yajyanwe kwitabwaho n’abaganga,
Umuyobozi wa Green party Dr Frank Habineza yatorewe kuba umusenateri
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr. Frank Habineza na Perezida wa PSP, Nkubana Alphonse, batowe nk’abasenateri bashya mu nama rusange idasanzwe ya NFPO yabereye i Kigali.Nibemezwa n’urukiko rw’ikirenga, bazasimbura abasenateri Alexis Mugisha na Clotilde Mukakarangwa, manda yabo izarangira ku
Rubavu:green party yahuguye abarwanashyaka bayo muri kano karere
Mu kiganiro komiseri mukuru muri GreenParty Hon. Alexis Mugisha yagejeje ku barwanya shyaka ba Green party mu karere ka Rubavu yabibukije amavu n’amavuko y’ishyaka ndetse abasobanurora impamvu nyamukuru yatumye iri shyaka rihitamo kuba iritavuga rumwe n’ubutegetsi.Avuga ko ibi Byose bikorwa hatangwa ibitekerezo byunganira
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha?
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha? Nyuma y’ibyumweru bibiri gusa urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) rufashe icyemezo cyatangaje benshi, aho rwakatiye urwo gupfa Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, inkuru nshya ikomeje gutangaza isi yose. Uwo wahoze ari