Umuraperi French Montana yireguye ku cyaha ashinjwa cyo kwiba isaha ya Miliyoni $1
Umuraperi French Montana yahakanye iby’uko yaba yaribye isaha ifite agaciro ka Miliyoni $1 [1,455,600,000 Frw], nyuma y’uko abagabo babiri bo mu Busuwisi bamureze mu rukiko.Abo bagabo, Justo Obiang na Samir Gato, bavuga ko bahuye na French Montana mu 2015 ubwo yari mu gitaramo
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Faye yageze mu Rwanda ku wa Gatanu nabwo yakirwa na Kagame ku
Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RALGA
Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza Inzego z’Ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) asimbuye Dominique Habimana uherutse kugirwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu.Yemejwe mu Nama y’Inteko Rusange idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Ukwakira 2025, hifashishijwe ikoranabuhanga. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye abasoje Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu byiciro bitandukanye gukomera ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda mu byo bakora byose kugira ngo bazabashe kugera ku nzozi zabo. Ni impanuro yahaye abagera ku 9526 basoje amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo Umunyarwanda Sadate Munyakazi, uzwi nk’umwe mu bantu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo butavugwaho rumwe, ndetse uzwi cyane nk’umuntu ukunze kuvuga ibintu atitaye ku ngaruka zabyo, yongeye guteza impagarara nyuma yo gutangaza amagambo
Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya
Amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero cy’ubujura kuri Banki iri mu gace kamwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma habaho gukozanyaho hagati y’aya mabandi na polisi. Iki gitero cyabaye hagati saa tatu n’igice na saa yine zo kuri uyu wa Kane
Madagascar col Michael Randrianirina agiye kurahirira kuyobora iki gihugu nka Perezida
Col Michael Randrianirina uherutse kujya ku butegetsi kubera imyigaragambyo y’abaturage yatumye Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina ahunga, yatangaje ko azarahirira kuyobora igihugu ejo ku wa 17 Ukwakira 2025. Yavuze ko azarahira atitaye ku byatangajwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, (AU) yasabye ko hagumaho
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,ku wa 15 Ukwakira 2025, yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin , bagirana ibiganiro. Ibiganiro byabo byibanze mu gukomeza gushyira imbaraga ku mubano hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa.
Bobi Wine yiyemeje kuzajya aha abana igikoma n’amagi ku mashuli natsinda Museveni
Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uzahatana na Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yatangaje ko natorwa azashyiraho gahunda yo gutanga igikoma n’amagi by’ubuntu ku banyeshuri biga mu mashuri abanza, muri iki gihugu. Iyi migabo n’imigambi Bobi Wine yayigarutseho ubwo yari
Amateka ya Col Michael Randrianirina wahiritse ubutegetsi muri Madagascar
Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari umusirikare uri kuvugwa cyane nyuma yo gutungura bagenzi be bakorera mu yindi mitwe y’ingabo, agatangaza ko we n’abo ayoboye bagiye gushyigikira abaturage bari mu myigaragambyo. Uyu musirikare, Colonel Micheal Randrianirina, yatangaje ko abasirikare be