Ibitero bya drone bikoswe na fardc bikomeje kwibasira ibice bigenzurwa na Afc/m23

Ibitero bya drone bikoswe na fardc bikomeje kwibasira ibice bigenzurwa na Afc/m23

Oct 22, 2025

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’impande zigifasha, rukomeje kurenga ku gahenge kemejwe, rukarasa rukoresheje intwaro zikomeye zirimo indege z’intambara, aho rwarashe mu bice binyuranye byo muri Masisi na Walikare. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa

Read More
Uganda umunsi uzaberaho amatora ya perezida n’abadepite wamenyekanye

Uganda umunsi uzaberaho amatora ya perezida n’abadepite wamenyekanye

Oct 22, 2025

komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, azaba ku wa 15 Mutarama 2026. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 21 Ukwakira 2025, nyuma y’aho byari bisanzwe bizwi ko aya matora azaba muri Mutarama 2026, ariko hataratangazwa itariki. Kugeza

Read More
Menya amateka ya Fred Gisa Rwigema 

Menya amateka ya Fred Gisa Rwigema 

Oct 22, 2025

Fred Gisa Rwigema yavutse ku itariki 10 Mata 1957, avukira ahahoze ari muri perefegitura ya Gitarama mu Majyepfo y’u Rwanda, ubu ni mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyamiyaga. Mu 1960, we n’ababyeyi be bahungiye muri Uganda bajya mu nkambi ya Nshungerezi,

Read More
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya MWC2025 uburyo u Rwanda rukataje mu kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi

Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya MWC2025 uburyo u Rwanda rukataje mu kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi

Oct 21, 2025

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe nta gikozwe mu kuziba ibyuho biri muri Afurika ku bijyanye no guhuza abantu no kwimakaza ikoranabuhanga, hazakomeza kubaho ubusumbane hagati y’uyu mugabane n’ibindi bice by’Isi. Yabigarutseho kuri uyu wa 21 Ukwakira 2025 ubwo yatangizaga Inama mpuzamahanga

Read More
Theo Bosebabireba yahawe Miliyoni 1 Frw yo kwifashisha mu burwayi bw’umugore we

Theo Bosebabireba yahawe Miliyoni 1 Frw yo kwifashisha mu burwayi bw’umugore we

Oct 21, 2025

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba, yahawe Miliyoni 1 Frw n’Itorero riyoborwa na Bishop Prof. Fidèle Masengo mu rwego rwo kumufasha mu burwayi bw’umugore. Uramutse  ukurikira ibitangazamakuru bitandukanye ntabwo wabura kuba uzi ko Theo Bosebabireba afite ikibazo kimukomereye aho umugore we Mushimyimana Marie

Read More
Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga yatawe muri yombi

Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga yatawe muri yombi

Oct 21, 2025

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y’igihugu, rwafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga. Itabwa muri yombi rye, ryamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Kabiri tariki ya 21 Ukwakira 2025,

Read More
Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État

Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État

Oct 20, 2025

Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaburiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ko ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwica uwahoze ari Perezida Joseph Kabila rishobora gutera

Read More
Afurika y’Epfo:Ntabwo dukeneye kuyoborwa n’umukire/Motsepe

Afurika y’Epfo:Ntabwo dukeneye kuyoborwa n’umukire/Motsepe

Oct 20, 2025

Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, yamaganye ibyari biherutswe gutangazwa ko ashaka guhatanira kuyobora Afurika y’Epfo, avuga ko icyo gihugu kidakeneye kuyoborwa n’umukire. Ni nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari amakuru yavuze ko uwo muherwe, afite gahunda yo gusimbura

Read More
Pretoria:Ramaphosa yabwiye Tshisekedi ko ashobora guhirikwa k’ubutegetsi na Kabila

Pretoria:Ramaphosa yabwiye Tshisekedi ko ashobora guhirikwa k’ubutegetsi na Kabila

Oct 20, 2025

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Sunday Times, Ramaphosa yabwiye Perezida Félix Tshisekedi ko gushyira

Read More
Tanzania:Utavugarumwe n’ubutegetsi wari wagiye muri Kenya yafunzwe

Tanzania:Utavugarumwe n’ubutegetsi wari wagiye muri Kenya yafunzwe

Oct 20, 2025

Abanya-Kenya bakomeje kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwinjira muri Tanzania ari ikivunge bakabohoza Umuyobozi wungrije w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, wari wangiwe kwinjira muri Kenya. Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryari ryatangaje ku wa Gatandatu ko Umuyobozi wungirije waryo,

Read More