Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé

Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé

Oct 24, 2025

Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé Ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Paris bwatangije iperereza rikomeye nyuma y’uko hagaragaye amashusho y’umugororwa uri muri gereza ya La Santé, avuga mu buryo butangaje ko ashaka kwica Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida

Read More
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo

RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo

Oct 24, 2025

RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo Mu gihe amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kuba inzozi, icyumweru cya 16-23 Ukwakira 2025 cyanzwe n’imirwano, ibirego, n’amasezerano mashya y’ubufatanye. Kuva mu nama y’abanyamakuru ya AFC/M23

Read More
Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho

Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho

Oct 24, 2025

“Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho Ubuyobozi bwa #Tshisekedi buyobora bushingiye ku gushimisha rubanda no ku bwoba” Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, i Goma (intara ya ‎Nord‑Kivu, muri ‎République démocratique du Congo)

Read More
Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi

Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi

Oct 24, 2025

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri

Read More
Al-Merrikh na Al Hilal zo muri Sudani zemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda

Al-Merrikh na Al Hilal zo muri Sudani zemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda

Oct 24, 2025

Amakipe yo muri Sudani, Al-Merrikh na Al Hilal zemerewe gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 nyuma yo kubisaba.Aya makipe niyo yabitangaje abinyujije kuri X mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane.Al-Merrikh yavuze ko yakiriye ibaruwa ivuye muri FERWAFA iyemerera gukina

Read More
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda

Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda

Oct 24, 2025

Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda Fiston Chrisnovic Balanganayi, umujyanama wa perezida akaba n’umwe mu bavuga rikijyana muishyaka rya Tshisekedi, UDPS, yatangaje ko igihe kigeze ngo RDC ifate u Rwanda irwiyomekeho cyane ko ari igihugu gito kingana n’umudugudu

Read More
Imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame

Imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame

Oct 23, 2025

Uyu munsi, ni isabukuru y’imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk’amahirwe akomeye ndetse n’umugisha ku bwo kugira umuyobozi w’umuhanga kandi ukunda Igihugu n’abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y’abaturage ndetse n’isura nziza y’Igihugu. Umunsi nk’uyu mu mwaka wa

Read More
Inama mpuzamahanga y’abagaba bakuru b’ingabo yariteraniye kigali yasojwe

Inama mpuzamahanga y’abagaba bakuru b’ingabo yariteraniye kigali yasojwe

Oct 23, 2025

Inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ibiri ibera i Kigali yahuje abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka, yasoje ibiganiro by’ingirakamaro byakanguriye abayobozi b’Afurika kugira uruhare rugaragara n’ubufatanye mu guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano bikibangamiye iterambere ry’umugabane.Yasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda. Iyi

Read More
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe ibyaha bya Jenoside guhanishwa igifungo cya burundu

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe ibyaha bya Jenoside guhanishwa igifungo cya burundu

Oct 23, 2025

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu. Munyemana w’imyaka 70, yari amaze ibyumweru bitandatu aburana ubujurire ku gifungo cy’imyaka 24, urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwamukatiye mu Kuboza 2023. Imbere y’abari baje kwumvira urubanza

Read More
Nizeyuhoraho ukurikiranyweho gucuruza ‘Ethanol’  mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari guhigishwa uruhindu

Nizeyuhoraho ukurikiranyweho gucuruza ‘Ethanol’ mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari guhigishwa uruhindu

Oct 22, 2025

Nizeyuhoraho Pierre, Umuyobozi wa ‘NI & P Company Ltd’ yari isanzwe itumiza ikinyabutabire cya ‘Ethanol’ yifashishwa mu kwenga inzoga, yamaze gutoroka ubutabera nyuma y’uko amenye ko ari gushakishwa akurikiranyweho kuyicuruza binyuranye n’amategeko. Ubwo hamurikwaga ibyavuye muri ‘Operation Usalama’ igamije kurwanya ubucuruzi butemewe, yahuriweho

Read More