Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé
Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé Ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Paris bwatangije iperereza rikomeye nyuma y’uko hagaragaye amashusho y’umugororwa uri muri gereza ya La Santé, avuga mu buryo butangaje ko ashaka kwica Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo Mu gihe amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kuba inzozi, icyumweru cya 16-23 Ukwakira 2025 cyanzwe n’imirwano, ibirego, n’amasezerano mashya y’ubufatanye. Kuva mu nama y’abanyamakuru ya AFC/M23
Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho
“Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho Ubuyobozi bwa #Tshisekedi buyobora bushingiye ku gushimisha rubanda no ku bwoba” Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, i Goma (intara ya Nord‑Kivu, muri République démocratique du Congo)
Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri
Al-Merrikh na Al Hilal zo muri Sudani zemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda
Amakipe yo muri Sudani, Al-Merrikh na Al Hilal zemerewe gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 nyuma yo kubisaba.Aya makipe niyo yabitangaje abinyujije kuri X mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane.Al-Merrikh yavuze ko yakiriye ibaruwa ivuye muri FERWAFA iyemerera gukina
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda Fiston Chrisnovic Balanganayi, umujyanama wa perezida akaba n’umwe mu bavuga rikijyana muishyaka rya Tshisekedi, UDPS, yatangaje ko igihe kigeze ngo RDC ifate u Rwanda irwiyomekeho cyane ko ari igihugu gito kingana n’umudugudu
Imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame
Uyu munsi, ni isabukuru y’imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk’amahirwe akomeye ndetse n’umugisha ku bwo kugira umuyobozi w’umuhanga kandi ukunda Igihugu n’abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y’abaturage ndetse n’isura nziza y’Igihugu. Umunsi nk’uyu mu mwaka wa
Inama mpuzamahanga y’abagaba bakuru b’ingabo yariteraniye kigali yasojwe
Inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ibiri ibera i Kigali yahuje abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka, yasoje ibiganiro by’ingirakamaro byakanguriye abayobozi b’Afurika kugira uruhare rugaragara n’ubufatanye mu guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano bikibangamiye iterambere ry’umugabane.Yasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda. Iyi
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe ibyaha bya Jenoside guhanishwa igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu. Munyemana w’imyaka 70, yari amaze ibyumweru bitandatu aburana ubujurire ku gifungo cy’imyaka 24, urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwamukatiye mu Kuboza 2023. Imbere y’abari baje kwumvira urubanza
Nizeyuhoraho ukurikiranyweho gucuruza ‘Ethanol’ mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari guhigishwa uruhindu
Nizeyuhoraho Pierre, Umuyobozi wa ‘NI & P Company Ltd’ yari isanzwe itumiza ikinyabutabire cya ‘Ethanol’ yifashishwa mu kwenga inzoga, yamaze gutoroka ubutabera nyuma y’uko amenye ko ari gushakishwa akurikiranyweho kuyicuruza binyuranye n’amategeko. Ubwo hamurikwaga ibyavuye muri ‘Operation Usalama’ igamije kurwanya ubucuruzi butemewe, yahuriweho