Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar

Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar

Oct 26, 2025

Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar Andry Rajoelina, wahoze ari Perezida wa Madagascar mu bihe bibiri bitandukanye (2009–2014 na 2019–2025), yambuwe ubwenegihugu bw’iki kirwa nyuma yo gushinjwa kugira ubundi bwenegihugu yahawe n’u Bufaransa mu buryo butubahirije amategeko. Icyemezo cyafashwe na Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho,

Read More
Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda?

Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda?

Oct 25, 2025

Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda? Nyuma y’uko FERWAFA yemeje ko amakipe yo muri Sudani, arimo Al Hilal SC Omdurman na Al-Merrikh SC, yemerewe gukina muri Rwanda Premier League guhera mu Ugushyingo

Read More
Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League

Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League

Oct 25, 2025

Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League Ni inkuru itunguranye ariko inashimishije abakunzi ba ruhago mu Rwanda no muri Afurika yose: Al-Merrikh SC na Al Hilal SC Omdurman, amakipe abiri akomeye cyane muri Sudani, yamaze kwemererwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu

Read More
Guverinoma y’u Rwanda yasabye igihugu cy’u Burundi kureka kugumya gutobanga umutekano w’akarere

Guverinoma y’u Rwanda yasabye igihugu cy’u Burundi kureka kugumya gutobanga umutekano w’akarere

Oct 25, 2025

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko kuba u Burundi bufite ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro rwasinyanye na kiriya gihugu, ibusaba gutera intambwe bukareka “kongera amavuta mu muriro”. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,

Read More
Maj Gen Vincent Nyakarundi  yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda

Maj Gen Vincent Nyakarundi yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda

Oct 25, 2025

Abofisiye 75 barimo 71 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), babiri ba Polisi y’u Rwanda (RNP), na babiri b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) bagize Icyiciro cya 25, uyu munsi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere y’ingabo n’izindi nshingano zo mu biro (Junior Command and Staff

Read More
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga

Oct 25, 2025

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri

Read More
Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria

Oct 25, 2025

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria, nyuma y’aho havuzwe amakuru y’ibihuha by’igeragezwa ryo gukora coup d’état mu gihugu. Nk’uko byatangajwe n’umujyanama wa Perezida mu by’itangazamakuru, Sunday Dare, izi mpinduka “zigamije gukomeza gushimangira umutekano n’ikwirakwizwa

Read More
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange

Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange

Oct 25, 2025

Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange Mu gihe politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gususurutswa n’intambara, ibibazo by’umutekano n’imyivumbagatanyo y’abaturage, ihuriro Front Commun pour le Congo (FCC), ryari rimaze

Read More
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC

Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC

Oct 25, 2025

Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC Umwuka w’uburakari n’agahinda urakomeje mu ngabo z’u Burundi nyuma y’uko abasirikare bagera kuri mirongo itatu (30) bahanishijwe igihano gikomeye cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bavuga ko

Read More
Nyabihu:Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije rwahuguye abarwanashyaka

Nyabihu:Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije rwahuguye abarwanashyaka

Oct 24, 2025

 Ibikorwa by’ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda  byakomeje mu karere ka Nyabihu aho abarwanashyaka baturuka muri aka karere bateraniye mu nama n’amahugurwa baza guhabwamo ubumenyi ku ngingo zitandukanye zirimo imiyoborere myiza, ubukungu, ubuhinzi, kwiteza imbere,  no kwibutswa amahame y’ishyaka n’ibindi. Umuyobozi

Read More