Amafaranga Mutamba yari yaranyereje yasubijwe mu Kigega cya Leta
Rawbank yamenyesheje Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yamaze kohereza kuri konte ya Leta miliyoni 19 z’Amadolari zari zaranyerejwe na Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera. Aya makuru agaragara mu ibaruwa abanyamategeko b’iyi banki bandikiye uyu
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BASENYE STADE
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BARASENYE STADE Kinshasa, 09 Nzeri 2025, Umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wahindutse isoko y’imyigaragambyo n’urusaku rwinshi nyuma y’uko ikipe y’igihugu ya RDC itsinzwe na
UMUZIKI: UMUTI WA ROHO N’UMUBIRI
UMUZIKI: UMUTI WA ROHO N’UMUBIRI Umuziki ubamo ibanga rikomeye cyane ku buryo abahanga mu by’umuziki ndetse n’abashakashatsi mu by’ubuzima badatinya kuvuga ko ari nk’umuti w’umubiri n’umuti wa roho. N’ubwo benshi bawufata nk’inyunganiramyidagaduro isanzwe, ubushakashatsi bwagiye bwerekana ko umuziki ushobora kugira ingaruka nziza ku
GASITA YAMAZE GUHUNGIRA MU BURUNDI NYUMA YO GUSOHOKA MURI UVIRA MU BURINZI BUKOMEYE
GASITA YAMAZE GUHUNGIRA MU BURUNDI NYUMA YO GUSOHOKA MURI UVIRA MU BURINZI BUKOMEYE BW’INGABO Z’UBURUNDI Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira aravuga ko Gasita, umwe mu bayobozi bakuru b’abarwanyi mu burasirazuba bwa Congo, yamaze kuva ku
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi Uvira: Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira Mu masaha ya kare ku wa mbere tariki 08 Nzeri 2025, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yatumije inama
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI Uvira, umujyi ukomeye mu Buseruko bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kuba ahantu h’inkundura hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’ingabo za leta (FARDC). Kuva tariki ya 1 Nzeri 2025, ibikorwa byo kurwanira uyu mujyi
Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye uduce dushya umunani muri Masisi
Abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigaruriye imidugudu itandukanye yo muri Osso Banyungu muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. AFC/M23 yafashe imidugudu umunani mu mirwano yo ku Cyumweru, tariki 7 Nzeri 2025, nyuma yo
Uvira hazindukiye imyigaragambyo ikaze yo kwamagana brig gen Gasita Olivier
Kuva taliki ya 1 Nzeri 2025, General Olivier Gasita Mukunda yagizwe Commandant wungirije wa gisirikare unshinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi mu gace ka 33 yoherezwa gukorera mu gace ka Uvira (Kivu y’Epfo). Icyo gihe, abayobozi b’imitwe ya Wazalendo (abasanzwe bafasha FARDC) bamwangiye ko
RIB yataye muri yombi umusore wiyiyitiriye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga
RIB yataye muri yombi umusore wiyiyitiriye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga Straton Ndagijimana yafashwe nyuma yo gushyira amafoto ye kuri TikTok yambaye impuzankano isa n’iy’Urwego rw’Ubugenzacyaha Musanze; Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umusore witwa Ndagijimana Straton, nyuma yo gufatirwa mu