AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: ABANYAMATEGEKO BASHOBORA GUHINDUKA ABACAMANZA B’UBUCAMANZA BWA AFC/M23 AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’ahantu AFC/M23 iri kwiyubakira inzego zisa n’iz’igihugu, ku munsi w’ejo hashize habereye igikorwa gikomeye kitabiriwe
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE Abakandida barenga 500 mu kizamini cy’ipima-bushobozi Ku munsi w’ejo ku cyumweru, mu kigo cya Rumangabo, habereye ikizamini gikomeye cy’ipima-bushobozi cy’abanyamategeko bifuza kuba abacamanza mu rwego rushya rwa AFC/M23. Iki kizamini cyitabiriwe n’abakandida 517 barimo abavoka
Israel ikomeje kunengwa n’amahanga
QATAR YASABYE UMURYANGO MPUZAMAHANGA GUFATIRA ISRAEL IBIHANO Israel ikomeje kunengwa n’amahanga Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yongeye kugaragaza ko igihe kigeze ngo isi ihaguruke ikumire ibikorwa by’igitugu n’intambara bimaze igihe bikorwa na Israel. Mu ijambo rye rikomeye
M23 yinjije izindi rwanyi shyashya zirenga 7000
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi bashya 7.437 bari bamaze amezi atandatu batorezwa mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kwinjiza aba barwanyi mu gisirikare witabiriwe
U Rwanda,RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu
Muri Kanama, u Rwanda, RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu. Nubwo umushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu wateguwe, amasezerano y’amahoro uwayo ntarubahirizwa uko bikwiye.Uyu mushinga w’impapuro 17 ushingiye ku mahame agenga ubufatanye mu by’ubukungu u Rwanda na RDC byashyizeho umukono
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE Ubuzima bw’abashakanye ni ishingiro ry’imiryango yose. Iyo urugo rufite urukundo, kubahana no kwizerana, usanga no mu buzima bw’imiryango yose byoroshye. Ariko iyo hagati y’abashakanye hadatekanye, bigira ingaruka ku bana, ku muryango mugari ndetse
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE Abashakashatsi batandukanye bamaze kwerekana ko gukora imyitozo ngororamubiri bifitiye umumaro abantu bose, yaba abana cyangwa abantu bakuru. Ariko iyo siporo ikozwe hagati y’umwana n’umubyeyi, umumaro urushaho kuba munini kuko urebana n’ibice bitandukanye by’ubuzima: ubuzima bw’umubiri, ubw’umutima, ubw’imibanire
Uvira:umujenerari wa Fardc yapfuye amarabira biteza akaduruvayo mu mujyi
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko umuyobozi w’akarere ka gisirikare ka 33, Brig Gen. Mwaku Mbuluku Daniel yapfuye. Umuvugizi w’iki gisirikare, Gen Maj Sylvain Ekenge Bomusa, yasobanuye ko uyu musirikare yagize ikibazo cy’ubuzima, apfa kuri uyu wa 12 Nzeri 2025
Nyagatare:kugirango mugere ku nzozi zanyu mukwiye kwirinda ibiyobyabwenge/Green Party
Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryakomeje kwegera abarwanashyaka baryo bo mu Ntara y’Iburasirazuba mu nama rusange yaryo yabereye mu Karere ka Nyagatare. Kuri ubu, iri shyaka riri gukorera ibikorwa byaryo
Wari uzi ko umuntu umwe muri bane arinda asaza atarashaka?
Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko umwe mu bantu bane bakiri bato muri iki gihe azagera ku myaka 50 atarashatse cyangwa ngo abone uwo babana. Ibi byagaragajwe na Pew Research Center, ikigo cy’ubushakashatsi giherereye i Washington D.C., gikora ku mibereho n’imibare y’Abanyamerika. IMPINDUKA