Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya

Sep 23, 2025

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya. Kamerhe ku wa 22 Nzeri 2025, mu ibaruwa yishyiriyeho umukono, yavuze ko yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. ariko siwe gusa weguye

Read More
Perezida Donald Trump narangiza ikibazo cy’umutekano mukeya mu gihugu nyobora nzamutorera kubona Prix Nobel/Perezida Tshisekedi

Perezida Donald Trump narangiza ikibazo cy’umutekano mukeya mu gihugu nyobora nzamutorera kubona Prix Nobel/Perezida Tshisekedi

Sep 23, 2025

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye, azaba mu ba mbere bazashyigikira ko ahabwa igihembo cy’abaharaniye amahoro kizwi nka ‘Prix Nobel’. Ni ingingo Tshisekedi

Read More
Hamenyekanye impamvu yajyanye Perezida Tshisekedi muri Afurika Y’Epfo igitaraganya

Hamenyekanye impamvu yajyanye Perezida Tshisekedi muri Afurika Y’Epfo igitaraganya

Sep 22, 2025

Hamenyekanye amakuru yajyanye Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi,  m’ uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa nawe akaba yari yabisabwe

Read More
Fizi umusirikare mu gisirikare cya Fardc yishwe na bagenzi be bapfa umushahara we

Fizi umusirikare mu gisirikare cya Fardc yishwe na bagenzi be bapfa umushahara we

Sep 22, 2025

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashwe na bagenzi be ahita ahasiga ubuzima mu misozi ya teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko yarimo asaba umushara we. Uyu musirikare akaba yarishwe na bagenzi be  mu ijoro ryaraye rikeye rishya

Read More
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare

UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare

Sep 22, 2025

UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare Byatangajwe na Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino yo gusiganwa ku magare ku isi (UCI), David Lappartient Mu mateka y’imikino yo gusiganwa ku magare ku rwego mpuzamahanga, umwaka wa 2025 uzasiga ikimenyetso kitazibagirana

Read More
Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga

Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga

Sep 22, 2025

Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda ndetse no mu matsinda y’abakurikiranira hafi imyidagaduro, impaka zikomeje gufata intera nyuma y’itorwa rya Muhoza Trivia Elle nk’uwambitswe ikamba rya Miss Uganda 2025. Uyu mukobwa

Read More
Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo

Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo

Sep 22, 2025

Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo Mu myaka 20 ishize, isi yacu yinjiyemo impinduka zikomeye zishingiye ku ikoranabuhanga, by’umwihariko imbuga nkoranyambaga. Ubu umuntu wese uri munsi y’imyaka 35 bigoye ko utamubona kuri Facebook, WhatsApp, Instagram, TikTok, cyangwa se izindi mbuga nshya

Read More
Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya

Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya

Sep 22, 2025

Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya Buri wese mu buzima akunda kwishima, akumva ari muzima mu mutima no mu mubiri. Ariko se ni kuki hari igihe usanga abantu benshi bibaza bati: ni iki gituma mbura ibyishimo mu buzima

Read More
Mwenga:imitwe 15 na Wazalendo byasabye perezida Tshisekedi gusimbuza umuyobozi wabo

Mwenga:imitwe 15 na Wazalendo byasabye perezida Tshisekedi gusimbuza umuyobozi wabo

Sep 22, 2025

Imitwe 10 ya Wazalendo yo muri Mwenga na Shabunda yasabye Perezida Tshisekedi n’Umugaba Mukuru wa FARDC gusimbuza vuba Tshihutu Vela uyobora Regima ya 3306. Mu rwandiko rwasinywe n’iyo mitwe, bashinja uwo muyobozi ibyaha bitandukanye birimo kwiba intwaro .   Tshihutu kandi ashinjwa gufatanya

Read More
Uko bibyutse byifashe muri RDC mu ntambara ya M23 na FARDC

Uko bibyutse byifashe muri RDC mu ntambara ya M23 na FARDC

Sep 22, 2025

Amakuru Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe Kuri iki cyumweru AFC/M23/MRDP yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo FARDC yageneye ubutumwa bushaririye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23 AFC/M23 yateguje FARDC ibikomeye nyuma y’ibitero by’indege

Read More