Abarwanyi ba FDLR baduteraga ubwoba ko nidutaha tuzicwa n’inkotanyi
Kuri uyu wa gatatu ku mupaka minini uhuza u Rwanda na DRC ahazwe nka La Corniche mu Karere ka Rubavu hakiriwe abanyarwanda 328 baturuka mu miryango 105 batahutse bava muri congo “Iyo wageragezaga gushaka gutaha mu Rwanda bakubwiraga ko uhageze bagukorera ibya mfura
Imirwano ikaze yadutse i Nyabikere hagati ya Wazalendo na m23
Imirwano ikaze yadutse kuri uyu wa kabiri tariki 23 Nzeri i Nyabikere, mu chefferie ya Bashali, mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka mu baturage abivuga, iyi mirwano yatangiye ahagana saa mbiri za mu gitondo, ihuza abarwanyi ba
Nangaa yatangaje intego bafite kuri perezida Tshisekedi n’umugambi we wo gushukisha Perezida Trump zahabu za Rdc
Nangaa yakwennye Tshisekedi uvuga ko afite zahabu, anatanga igisubizo ku bavuga ko u Rwanda rutera inkunga AFC/M23, ndetse avuga n’intego nyamukuru yabo Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko intego y’iri huriro abereye umuyobozi ko ari ugukuraho
Perezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko yakiriwe na Perezida Abdel Fattah Al-Sisi wa Misiri mu Ngoro ya Ittihadiya. Biti “Aho abakuru
Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza. Yabigarutseho ubwo yaganirizaga urubyiruko rurenga 300 mu biganiro “Rubyiruko Menya Amateka” byaruhurije mu karere ka Rusizi, kuri uyu wa kabiri tariki
Rubavu:ishyari n’uburiganya bwo gushaka gutwara business ya Bahati Lilianne byatumye afungirwa hotel n’uwamukodesheje inzu
Ishyari no gushaka gutwara business yuwo yakodeshaga hotel ni bimwe mubyatumye Kubwimana Alphonse afungira byigitaraganya LILYJOH Group Ltd ihagarariwe na Bahati Lilianne yari yarakodesheje hotel ye. Akoresha amayeri yashutse umugabo wa Bahati Lilianne amusinyisha amasezerano avuguruza aya mbere yari yasinyanye n’umugore we kandi
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO Ku Cyumweru, tariki ya 21 Nzeri 2025, mu karere ka Walikale mu ntara ya Nord-Kivu, hamenyekanye inkuru y’akababaro yashegeshe abaturage benshi. Umudugudu wa Lukoma, uri hagati ya Kikamata 1 na Buhendje, mu gace ka Luberike, wibasiwe bikomeye n’imitwe yitwaje
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA Ku italiki ya 21 Nzeri 2025, mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye inkuru yasize benshi bacecetse ariko n’abandi ibashyira mu kantu. Umusore w’umunyekongo witwa Tshidingi
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bushya bwo kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu butumwa yashyize kuri X ku wa 22 Nzeri 2025, Umuvugizi wa Politiki wa
Uwahoze ari perezida yarezwe ibyaha byibasiye inyokomuntu muri icc
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte, wahoze ari Perezida wa Philippines, w’imyaka 80, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Duterte ashinjwa impfu z’abantu benshi mu ntambara ye yo kurwanya ibiyobyabwenge, aho abarenga ibihumbi bishwe nta manza baciriwe. Umushinjacyaha wungirije wa ICC, Mame Mandiaye Niang, yavuze