Ubuholande bwatangye gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda
Leta y’u Buholandi igeze kure gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda, nyuma y’uko impande zombi zikomeje ibiganiro mu rwego rwo kugera ku masezerano yemeranyijweho. Amakuru avuga ko u Buholandi bumaze igihe mu biganiro na Uganda. Abimukira bazoherezwa muri Uganda ni abazaba bimwe ibyangombwa
Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda
Bivugwa ko FDLR igizwe ahanini n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bahora bifuza kugaruka mu Rwanda gusoza umushinga basize batarangije neza, wo gutsemba icyitwa Umututsi ari nayo mpamvu igomba gusenwa burundu. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres, Sadiq Khan, yasubije Perezida Donald Trump, nyuma y’uko amwise umuyobozi mubi, avuga ko uyu mugabo uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira ivangura. Mu butumwa Perezida Trump aherutse gutangira mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye (UN), yagaragaje ko afite impungenge ko
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwafashe icyemezo cy’amateka ku wa 25 Nzeri 2025, ruhanisha uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nicolas Sarkozy, igihano cyo gufungwa imyaka itanu ndetse
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO Mu gihe imyaka myinshi ishize byari bimenyerewe ko kunywa inzoga mu rugero bishobora kugira umumaro ku buzima bw’umuntu, cyane cyane ku bwonko, ubushakashatsi bushya bwasohowe n’Ikigo cy’Ubushakashatsi ku Buzima bwo
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team
RDF igiye kuganira na FNDB bayisubize umusirikare wayo wafatiwe mu Burundi
Igisirikare cy’u Rwanda,cyemeje amakuru yifatwa ry’umusirikare wacyo n’igipolisi cy’igihugu cy’u Burundi. RDF yavuze ko igiye gukoresha inzira ya dipolomasi mu gukorana na guverinoma y’u Burundi, kugira ngo umusirikare wayo usanzwe ari umushoferi, Sgt Sadiki Emmanuel, watawe muri yombi n’igipolisi cy’u Burundi nyuma y’uko
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya Captain na mugenzi we ufite irya Sergeant bacyiyonkoyeho biyunga ku ihuriro rya Alliance Fleuve
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko Albania impaka k’ubwenge bw’ubukorano (AI) bwagizwe minisitiri wo kurwanya ruswa Albania yongeye kuba ku isonga mu bikorwa bishya bya politiki n’ikoranabuhanga nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, atangaje ku wa 14 Nzeri 2025
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE Urukundo rwubakwa ku mibanire n’itumanaho. Ikiganiro hagati y’abakundana cyangwa abashakanye ni ryo rishimangira imbaraga, n’igihe urukundo rushobora kumara. Abantu benshi bibaza bati: “Ese abakundana baganira iki cyane mu buzima bwa buri munsi?” N’ubwo buri mubano wose