Ikibuga cy’Indege cya Bujumbura cyagabweho igitero kidasanzwe
Ikibuga cy’Indege cya Bujumbura cyagabweho igitero kidasanzwe Abantu bataramenyekana binjiriye mu ikoranabuhanga ry’indege, bikekwa ko ari M23 cyangwa aba hackers. Bujumbura, mu masaha y’ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru, hagati ya saa 10:04 na 10:31 pm, ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bujumbura
Guhitamo u Rwanda ni uburenganzira bwanjye: “umurundikazi Khadja Nin”
Guhitamo u Rwanda ni uburenganzira bwanjye: “umurundikazi Khadja Nin”  Umuhanzi w’umurundikazi Khadja Nin yisanzuye ku buzima bwe n’icyemezo cyo kwiyumvamo u Rwanda. Mu isi y’ubuhanzi aho ijwi ry’umuhanzi rihinduka ijwi ry’amahanga, amagambo y’umurundikazi Khadja Nin yongeye gukangura imitima. “Guhitamo u Rwanda ni uburenganzira
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umurwa wose
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umujyi wose. Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo; amakuru yizewe yaturutse mu mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), aravuga ko inama yabaye kuri iki
Amahirwe ya zahabu ku rubyiruko rw’abahinzi n’abashoramari bita ku kubungabunga Ubutaka
Amahirwe ya zahabu ku rubyiruko rw’abahinzi n’abashoramari bita ku kubungabunga Ubutaka Impamvu iki gikorwa ari ingenzi Mu gihe isi yose iri mu rugamba rukomeye rwo guhangana n’ihindagurika ry’ibihe, isuri n’iyangirika ry’ubutaka, urubyiruko rugaragazwa nk’imbaraga zishobora guhindura ibintu. Isi itakaza hafi hegitari miliyoni 12
Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe
Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe Amakuru aturuka ahantu hizewe aravuga ko abasirikare babarirwa mu bihumbi bakomoka mu gihugu cy’u Burundi bamaze kugera muri ako gace. Abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko intego y’izo ngabo
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23 Ku itariki ya 1 Nzeri 2025, Corneille Nangaa, uyoboye Ihuriro AFC/M23, yatangije ku mugaragaro umwaka w’amashuri mu turere twose tugenzurwa n’uyu mutwe. Ni intambwe ikomeye
Hagati y’Intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo n’Iburengerazuba, hagiye kuvuka ikiyaga gishya kizaba gifite agaciro kadasanzwe
Hagati y’Intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo n’Iburengerazuba, hagiye kuvuka ikiyaga gishya kizaba gifite agaciro kadasanzwe Mu gihe isi yose iri mu rugamba rwo gushaka ibisubizo by’imihindagurikire y’ibihe, gukumira imyuzure, kongera ingufu z’amashanyarazi n’uburyo bushya bwo guteza imbere ubukungu, u Rwanda rurimo kwandika indi paji nshya
Umwanzi wihishe wica buhoro buhoro
Itabi mu bo ryica harimo n’abatarinywa Mu gihe isi irwana no gukumira indwara zandura nka SIDA, malariya cyangwa COVID-19, hari undi mwanzi uhoraho ariko akenshi abantu badafata nk’ukomeye: itabi. Kunywa itabi byagizwe ikimenyetso cy’ubugabo cyangwa ubusirimu mu bihugu bimwe na bimwe, ariko inyuma
Goma:Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona/Corneille Naanga
Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona aya ni amagambo yatangajwe n’umuhuzabikorwa w’Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC (AFC/M23) Corneille Naanga Yobelua mu kiganiro iri huriro ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Nzeri 2025 mu mujyi wa Goma. Mu