Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri Congo.
Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri Congo.Ndayishimiye yoherezaga ingabo z’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubuyobozibwe yavuze ko ari igikorwa kigamije guca umubano n’ u Burundi Wazalendo ndetse FRDC n’indi mitwe irimo
Uganda:Minisitiri w’intebe yakuriye inzira ku murima abavuga ko nyuma y’amatora hazaba impinduka
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, yahaye urwamenyo, Abanya-Uganda biteze impinduka nyuma y’amatora ateganyijwe mu mwaka utaha. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda ateganyijwe muri Mutarama 2026. Bamwe mu butavuga rumwe na Perezida Yoweri Museveni, bifuza ko habaho impinduka, hakaza undi usimbura uyu umaze
Aimable Karasira yakatiwe igihano cy’igifungo kingana n’imyaka itanu
Aimable Karasira wigeze kuba umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, umaze imyaka ine afunze anaburana ku byaha bitandatu yaregwaga, yahamijwe kimwe cyo gukurura amacakubiri, ahanishwa gufungwa imyaka itanu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025 n’Urukiko rw’Urugereko Rwihariye rububuranisha Ibyaha
Afc/m23 yahishuye icyabateye gufata agace ka Nzibira
Igisirikare cya RDC aricyo cya FARDC giherutse kwamburwa agace ka Nzibira kifashishwaga mukugaba ibitero kwihuriro rya AFC/M23 rirwanaya ubutegetsi bwa Kinshasa mukiganiro Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo z’umutwe wa AFC/M23, Général de Brigade Bernard Maheshe Byamungu, yasobanuye ko uyu mutwe wahisemo kwigarurira umujyi muto
Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yemeje ku mugaragaro ko RDC yamaze kwakira abacanshuro bo mu mutwe w’abanyamerika wa Blackwater.
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yemeje ku mugaragaro ko iki gihugu cyamaze kwakira abacanshuro bo mu mutwe w’abanyamerika wa Blackwater. Uyu mugabo yabitangarije mu butumwa busa n’ubujimije yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ubutumwa ‘Black
Abahanzi 8 bahuriye mu ndirimbo yo guha icyubahiro umubyeyi wa Massamba Intore witabye Imana
Abahanzi umunani barimo Yvan Muziki, Jules Sentore, Nziza Francis, Michelle, Mpano Layan, Marina, Massamba Intore na Lionel Sentore bahuje amajwi mu ndirimbo yihariye yo kunamira Mukarugagi Ancilla, umubyeyi wa Massamba Intore, witabye Imana ku wa 18 Nzeri 2025. Ni indirimbo yuzuye amarangamutima
Rutshuru imidugudu ine yabereyemo imirwano hagati ya Wazalendo na m23
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 29 Nzeri 2025, imirwano mishya yadutse, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zo mu mutwe wa CMC-FDP mu midugudu ya Lurere, Makomalehe, Kitunva, na Kashavu, muri Gurupoma ya Bukombo muri Teritwari ya Rutshuru, ho
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gukoresha abacancuro binyuranya n’amahame mpuzamahanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kongera gusabwa guha inzira abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batsindwa n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Tariki ya 29 Mutarama 2025, M23 yohereje abacanshuro
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda Los Angeles, USA-Kigali, Rwanda Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (Rwanda Development Board, RDB) cyatangaje ko cyinjiye mu bufatanye bushya n’ikipe ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, LA Clippers, ikina muri