Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC Goma, DRC, Kanama 2025; Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaze gushyiraho uhagararira inyungu z’igihugu i Goma, umujyi ukomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Madamu Judy Kiaria Nkumiri ni
Byinshi ku jisho rya gatatu
Byinshi ku jisho rya gatatu “Ijisho rya gatatu” ni imvugo ikoreshwa cyane mu myemerere, filozofiya n’imigenzo y’iby’umwuka (spiritualisme). Rikunze gusobanurwa nk’ijisho ryo mu mutima cyangwa mu mwuka, rifasha umuntu kubona ibintu bitagaragarira amaso asanzwe. Abantu bamenyekanye bayobowe n’’ijisho rya gatatu ryabo Steve Jobs
Uyu munsi mu mateka
Uyu munsi mu mateka Itariki ya 15 Kanama: Amateka n’ibikorwa byabaye ku isi Kwibohora k’Ubuhinde (India) : 1947 Ku wa 15 Kanama 1947, Ubuhinde bwageze ku kwigenga nyuma y’imyaka irenga 190 y’ubukoroni bw’Abongereza. Uyu munsi wateye ishema rikomeye imiryango y’Abahinde, bitegekwa kwizihizwa buri
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza Mu ntangiriro z’iki cyumweru, intara zitandukanye z’Amajyepfo n’Amajyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kimwe n’igihugu cy’u Burundi, zakomeje kugaragaramo ibikorwa by’imirwano, ibikorwa bya politiki n’itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru, mu
ibisobanuro by’impeta abantu bambara ku ntoki zose zigize ikiganza
ibisobanuro by’impeta abantu bambara ku ntoki zose zigize ikiganza Impeta abantu bambara ku ntoki zitandukanye z’ikiganza ishobora kugira ibisobanuro bitandukanye bitewe n’umuco, imigenzo, cyangwa igisobanuro cya buri muntu ku giti cye. Dore ibisobanuro bisanzwe bikoreshwa mu muco rusange w’isi, ariko bigahinduka bitewe n’aho
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora FERWAFA ntashishikajwe na mafaranga yayo
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yavuze ko atarangajwe n’umushahara wa Perezida w’iri shyirahamwe atari wo ashyize imbere. Shema aheruka kwemezwa nk’umukandida rukumbi ku mwanya wo kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu matora ateganyijwe kuwa 30 Kanama
Impamvu zitera gutwita mu ntekerezo “Grossesse imaginaire” (pseudocyesis)
Impamvu zitera gutwita mu bitekerezo “Grossesse imaginaire” (pseudocyesis) Grossesse imaginaire, mu rurimi rw’ubuvuzi bita pseudocyesis, ni igihe umugore yumva kandi akerekana ibimenyetso byose bisa n’iby’ubuzima bwo gutwita, nyamara nta mwana uri mu nda. Iterwa ahanini n’ihuriro ry’impamvu z’imitekerereze n’iz’imikorere y’umubiri: Impamvu z’imitekerereze (psychologiques)
Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore bgo baryamare
Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagararaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina. Ibyavuye mu iperereza byagaragaje ko nubwo hari itegeko ryashyizweho rigamije guca burundu ihohoterwa rishyingiye ku gitsina
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye uyu mutwe wari uhanganyemo n’abarwanyi ba Wazalendo. Mu mirwano yatangiye kuwa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025 ikagera kuwa kane yari ihanganishije abarwanyi ba m23 n’abarwanyi bashyigikiwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa
U Rwanda rugiye kugura indege y’imizigo
Guverinoma y’u Rwanda iri gushaka uburyo yabona indi ndege itwara imizigo vuba, nyuma yo kubona ko hari abahinzi beza umusaruro mwinshi ariko ukabura uko ugezwe ku masoko. Mu myaka ine iri imbere kugeza mu 2028/2029 u Rwanda rwihaye intego yo kuzaba rwinjiza miliyari