Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC

Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC

Aug 16, 2025

Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC Goma, DRC, Kanama 2025; Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaze gushyiraho uhagararira inyungu z’igihugu i Goma, umujyi ukomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Madamu Judy Kiaria Nkumiri ni

Read More
Byinshi ku jisho rya gatatu

Byinshi ku jisho rya gatatu

Aug 16, 2025

Byinshi ku jisho rya gatatu “Ijisho rya gatatu” ni imvugo ikoreshwa cyane mu myemerere, filozofiya n’imigenzo y’iby’umwuka (spiritualisme). Rikunze gusobanurwa nk’ijisho ryo mu mutima cyangwa mu mwuka, rifasha umuntu kubona ibintu bitagaragarira amaso asanzwe. Abantu bamenyekanye bayobowe n’’ijisho rya gatatu ryabo Steve Jobs

Read More
Uyu munsi mu mateka

Uyu munsi mu mateka

Aug 15, 2025

Uyu munsi mu mateka  Itariki ya 15 Kanama: Amateka n’ibikorwa byabaye ku isi Kwibohora k’Ubuhinde (India) : 1947 Ku wa 15 Kanama 1947, Ubuhinde bwageze ku kwigenga nyuma y’imyaka irenga 190 y’ubukoroni bw’Abongereza. Uyu munsi wateye ishema rikomeye imiryango y’Abahinde, bitegekwa kwizihizwa buri

Read More
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza

Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza

Aug 15, 2025

Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza Mu ntangiriro z’iki cyumweru, intara zitandukanye z’Amajyepfo n’Amajyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kimwe n’igihugu cy’u Burundi, zakomeje kugaragaramo ibikorwa by’imirwano, ibikorwa bya politiki n’itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru, mu

Read More
ibisobanuro by’impeta abantu bambara ku ntoki zose zigize ikiganza

ibisobanuro by’impeta abantu bambara ku ntoki zose zigize ikiganza

Aug 15, 2025

ibisobanuro by’impeta abantu bambara ku ntoki zose zigize ikiganza Impeta abantu bambara ku ntoki zitandukanye z’ikiganza ishobora kugira ibisobanuro bitandukanye bitewe n’umuco, imigenzo, cyangwa igisobanuro cya buri muntu ku giti cye. Dore ibisobanuro bisanzwe bikoreshwa mu muco rusange w’isi, ariko bigahinduka bitewe n’aho

Read More
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora FERWAFA ntashishikajwe na mafaranga yayo

Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora FERWAFA ntashishikajwe na mafaranga yayo

Aug 15, 2025

Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda  (FERWAFA), yavuze ko atarangajwe n’umushahara wa Perezida w’iri shyirahamwe atari wo ashyize imbere. Shema aheruka kwemezwa nk’umukandida rukumbi ku mwanya wo kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu matora ateganyijwe kuwa 30 Kanama

Read More
Impamvu zitera gutwita mu ntekerezo “Grossesse imaginaire” (pseudocyesis)

Impamvu zitera gutwita mu ntekerezo “Grossesse imaginaire” (pseudocyesis)

Aug 15, 2025

Impamvu zitera gutwita mu bitekerezo “Grossesse imaginaire” (pseudocyesis) Grossesse imaginaire, mu rurimi rw’ubuvuzi bita pseudocyesis, ni igihe umugore yumva kandi akerekana ibimenyetso byose bisa n’iby’ubuzima bwo gutwita, nyamara nta mwana uri mu nda. Iterwa ahanini n’ihuriro ry’impamvu z’imitekerereze n’iz’imikorere y’umubiri: Impamvu z’imitekerereze (psychologiques)

Read More
Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore bgo baryamare

Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore bgo baryamare

Aug 15, 2025

Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagararaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina. Ibyavuye mu iperereza byagaragaje ko nubwo hari itegeko ryashyizweho rigamije guca burundu ihohoterwa rishyingiye ku gitsina

Read More
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye

Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye

Aug 15, 2025

Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye uyu mutwe wari uhanganyemo n’abarwanyi ba Wazalendo. Mu mirwano yatangiye kuwa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025 ikagera kuwa kane yari ihanganishije abarwanyi ba m23 n’abarwanyi bashyigikiwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa

Read More
U Rwanda rugiye kugura indege y’imizigo

U Rwanda rugiye kugura indege y’imizigo

Aug 15, 2025

Guverinoma y’u Rwanda iri gushaka uburyo yabona indi ndege  itwara imizigo vuba, nyuma yo kubona ko hari abahinzi beza umusaruro mwinshi ariko ukabura uko ugezwe ku masoko. Mu myaka ine iri imbere kugeza mu 2028/2029 u Rwanda rwihaye intego yo kuzaba rwinjiza miliyari

Read More