Inzara zishobora gutanga amakuru y’ingenzi ku buzima bw’umuntu; kuba ikimenyetso cy’indwara zikomeye zirimo iz’umwijima, iz’umutima, n’iz’ubuhumekero
Inzara zishobora gutanga amakuru y’ingenzi ku buzima bw’umuntu; kuba ikimenyetso cy’indwara zikomeye zirimo iz’umwijima, iz’umutima, cyangwa z’ubuhumekero Inzara zawe ntizikwereka gusa ubwiza cyangwa isuku yawe, ahubwo ni indorerwamo y’ibibera mu mubiri wawe imbere. KBenshi iyo bavuze ku nzara batekereza gusa ku buryo bwo
Inganda eshatu z’amazi zahagaritswe by’agateganyo kubera imvura nyinshi
Ikigo cy’Igihungu gishinzwe Amazi,Isuku n’Isukura,WASAC Group,cyatangaje ko kubera imvura nyinshi yaguye ikanduza imigezi itandukanye mu mpera z’icyumweru gishize,inganda z’amazi eshatu zahagaritse imirimo yo kuyatanga by’agateganyo. Inganda zabaye zihagaritse imirimo by’agateganyo kubera imigezi yanduye harimo urwa Gihira mu Karere ka Rubavu, Gihengeri mu Karere
Gatsibo yapfuye, hakekwa inkoni yakubiswe
Inzego z’umutekano mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gitoki, Zatangiye iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 32 bikekwa ko yishwe n’abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe muri aka karere. Uyu mugabo yapfuye ku cyumweru tariki 17 Kanama 2025.Yari atuye mu Mudugudu wa Gishore
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa Kuva ku wa Gatanu kugeza ku cyumweru gishize, mu murwa mukuru w’u Bushinwa habereye amarushanwa yiswe World Humanoid Robot Games, bamwe bakazita Olympics ya Robots, imikino yatumye amaso y’isi yose yibera i Beijing. Iri
Umutoza wa Azam FC yasobanuye uko yigeze kugorwa na APRFC
Umutoza w’ikipe ya Azam FC Florent Ibenge Ikwange yatangaje ko ubwo yatozaga RS Berkane bagowe cyane no gutsinda ikipe ya APER FC nubwo byarangiye begukanye irushanwa rya confederation cup bakinaga. Mu mwaka wa 2021,ikipe ya APR FC yari isigaje iminota 14 ngo yerekeze
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa RDC
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari ya Lubero ndetse no mu mujyi wa
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa RD, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara, bapfa umushahara. Aba badepite tariki ya 15 Kanama 2025 banditse ibaruwa, bagaragaza ko abakozi bo muri iyi
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya,bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa. Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand bisimwa, yatangaje ko mu ngingo zizasuzumirwa muri Qatar zirimo ihagarikwa
Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62
Intambara igiye ibiri ica ibintu mu gace ka Gaza imaze guhitana Abanya-Palestine barenga ibihumbi 62 mu gihe abarenga ibihumbi 120 bakomeretse. Nibura hrjuru ya 80% by’abapfuye muri iyi ntambara ni abasivire mu gihe hejuru ya 50% ari abakiri bato,bari munsi y’imyaka 24,bakiganzamo abana n’abagore.
Jamirah Namubiru, umukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri mu irushanwa rya Nyampinga wa Uganda 2026
Jamirah Namubiru, umukobwa ufite inkomoko mu Rwanda uri mu irushanwa rya Nyampinga wa Uganda 2026 Ku nshuro ya 26, igihugu cya Uganda kiri mu myiteguro y’irushanwa rikomeye rigamije guhitamo Nyampinga w’igihugu, rizwi nka Miss Uganda. Ni urubuga ruhuza abakobwa bafite impano, ubwenge, ikinyabupfura