UMWANA ASHOBORA GUHURA N’IHUNGABANA AKIRI MU NDA AKARIKURANA

UMWANA ASHOBORA GUHURA N’IHUNGABANA AKIRI MU NDA AKARIKURANA

Aug 21, 2025

UMWANA ASHOBORA GUHURA N’IHUNGABANA AKIRI MU NDA AKARIKURANA Mu buzima busanzwe, iyo tuvuga ihungabana (trauma), benshi batekereza ku muntu wabonye urugomo, intambara cyangwa ibyago bikomeye nyuma yo kuba akuze. Ariko ubushakashatsi bugezweho mu by’ubuzima bw’imitekerereze bwerekana ko ihungabana rishobora gutangira mbere y’uko umuntu

Read More
Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara

Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara

Aug 21, 2025

Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yashyize ahagaragara ingengabihe nshya y’umwaka w’amashuri 2025/2026, igaragaza uburyo igihembwe kizakurikirana, amatariki y’ibizamini bya Leta ndetse n’igihe cy’ibiruhuko. Iyo ngengabihe izagenderwaho n’amashuri yose ku rwego rw’igihugu, yaba ayisumbuye, abanza ndetse n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.

Read More
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno

Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno

Aug 21, 2025

Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno Mu ijoro ryakeye mu mujyi wa Goma, ubwato bwihuta cyane bwitwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubundi bwitwa Mikeno bwari bwarohamye mu kiyaga cya Kivu mu myaka ine ishize. Ibi byabaye mu gihe ubuyobozi bwa

Read More
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko

RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko

Aug 21, 2025

RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko uru rwego ruri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago izitabira amarushanwa mu Rwanda. Yavuze ko intego nyamukuru atari ugutsinda imipira

Read More
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar

Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar

Aug 20, 2025

Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe

Read More
IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU

IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU

Aug 20, 2025

IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU Mu buzima bwa buri munsi, hari ibintu dufata nk’ibisanzwe ariko bifite akamaro kanini ku buzima bwacu. Izuba ni kimwe muri byo. Umuntu wese agikura ijisho mu idirishya akareba uko rimurika, yibwira ko ari ibintu bisanzwe, ariko mu

Read More
Impinduka ntoya ku mabara y’ururimi ishobora kugaragaza ibibazo by’umutima, mu gifu, cyangwa mu maraso

Impinduka ntoya ku mabara y’ururimi ishobora kugaragaza ibibazo by’umutima, mu gifu, cyangwa mu maraso

Aug 20, 2025

Impinduka ntoya ku mabara y’ururimi ishobora kugaragaza ibibazo by’umutima, mu gifu, cyangwa mu maraso Hari benshi mu buzima bwa buri munsi batajya bita ku mwanya ururimi rufite mu buzima bwabo. Ururimi rukunze gufatwa nk’igikoresho cyo kuvuga cyangwa gufasha mu kurya gusa, ariko mu

Read More
Mu Buhinde umugabo yishe umugore we akoresheje inzoka

Mu Buhinde umugabo yishe umugore we akoresheje inzoka

Aug 20, 2025

Mu Buhinde umugabo yishe umugore we akoresheje inzoka Mu Buhinde, mu gace ka Kollam kari mu Ntara ya Kerala, haravugwa inkuru iteye ubwoba y’umugabo wagambiriye kwica umugore we akoresheje uburyo budasanzwe: gukodesha inzoka y’ubumara ikamuruma. Umugambi we wari uwo kugwiza umutungo binyuze mu

Read More
Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza

Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza

Aug 19, 2025

Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza Hari abatekereza ko kugenda mu mucanga wambaye ibirenge ari ukwishimisha gusa. Ariko mu by’ukuri, ni imwe mu myitwarire yoroheje ariko ifite umumaro mwinshi ku buzima bw’umubiri ndetse n’uw’umutima. Abashakashatsi n’impuguke mu by’ubuzima bagaragaza ko kuba umuntu

Read More
Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima

Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima

Aug 19, 2025

Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima Mu buzima bwa none, abantu benshi batunzwe n’ibiribwa byihuse, bakora amasaha menshi bicaye ku meza cyangwa imbere ya mudasobwa, abandi bagatwarwa n’urusaku rwa telefoni zigezweho. Ibi byose bituma tugenda duhora duhangayitse, tudatuje ndetse n’imibiri

Read More