Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye

Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye

Aug 26, 2025

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika.Ni imikino ya 1/2 ya ‘Professional Fighter League’izabera muri Bk Arena, ku wa 18 Ukwakira 2025. Ishyirahamwe ry’imukino Njyarugamba ku isi (Global Association of Mixed Martial Arts-GAMMA),ryatangaje ko u

Read More
Abafana ba APR FC bagaragaje agahinga gakomeye nyuma yo kuba iya nyuma mu Inkera y’Abahizi

Abafana ba APR FC bagaragaje agahinga gakomeye nyuma yo kuba iya nyuma mu Inkera y’Abahizi

Aug 25, 2025

Abafana ba APR FC bagaragaje agahinda gakomeye, nyuma yo gusoza irushanwa yateguye ryiswe Inkera y’Abahizi itatsinze umukino n’umwe, igikombe kikegukana na Police FC. Ikipe  y’Ingabo yatsinzwe imikino yose yakinnye muri iri rushanwa,aho usoza yatsinzwe na Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0. Bamwe

Read More
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili

AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili

Aug 25, 2025

AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Kanama 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’umutwe wa

Read More
Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye Goma

Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye Goma

Aug 25, 2025

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 kanama 2025, ingabo z’iki gihugu, umutwe w’iterabwoba byacengeye mu bice birimo Goma. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasobanuye ko abasirikare ba RDC n’aba barwanyi

Read More
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri RDC

Aug 25, 2025

Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa 25 kanama 2025 yakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifuje gutaha ku bushake. Igikorwa cyo gucyura Abanyarwanda cyashingiye ku myanzuro yafatiwe mu nama y’u Rwanda, RDC n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR) yabereye

Read More
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho

Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho

Aug 24, 2025

Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho Sud-Kivu, tariki ya 23 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu gace ka Lubumba, yamenyekanye ku buryo bwihuse mu gitondo cyo

Read More
Uwiteka azakurwanirira

Uwiteka azakurwanirira

Aug 24, 2025

Uwiteka azakurwanirira Umurongo wo mu Kuva 14:14 ni umwe mu y’ingenzi cyane: “Uwiteka azakurwanirira, kandi ugomba guceceka gusa.” Aya magambo yavugiwe mu gihe abisirayeli bari imbere y’inyanja itukura, inyuma yabo abanyegiputa babarasa n’amagare, imbere yabo hakaba amazi y’inyanja. Mu buryo bw’umuntu, nta nzira

Read More
Minembwe umutwe wa m23 wafashe agace ka Lubumba bishyira Uvira mu kaga

Minembwe umutwe wa m23 wafashe agace ka Lubumba bishyira Uvira mu kaga

Aug 24, 2025

Umutwe wa m23 uri mu Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wigaruriye agace ka Lubumba bishyira umujyi wa Uvira mu kaga. umutwe wa m23 wigaruriye umudugudu wa Lubumba nyuma yuko abarwanyi b’uyu mutwe babashije kurenga umugezi wa Lushiji no kwirukana abarwanyi ba Wazalendo n’ingabo

Read More
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano

Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano

Aug 24, 2025

Guverinoma ya Mozambique yashimiye u Rwanda kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi w’icyo gihugu kandi ubufatanye bw’impande zombi bugatanga umusaruro by’umwihariko mu bya gisirikare n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage. Byagarytsweho na Minisiteri w’ingabo wa Mozambique Maj.Gen.cristo’vao Artur chume,uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu u Rwanda.Ni uruzinduko kandi rurimo

Read More
Ambasaderi w’u Butaliyani ari mukaga kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron

Ambasaderi w’u Butaliyani ari mukaga kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron

Aug 24, 2025

U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi w’u Butaliyani muri iki guhugu, Emanuela D’Alessandro kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Matteo Salvini kuri Perezida Emmanuel Macron. Macron aherutse gutangaza ko muri Ukraine hakenewe koherezwa ingabo nyinshi zo mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi,

Read More