Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika.Ni imikino ya 1/2 ya ‘Professional Fighter League’izabera muri Bk Arena, ku wa 18 Ukwakira 2025. Ishyirahamwe ry’imukino Njyarugamba ku isi (Global Association of Mixed Martial Arts-GAMMA),ryatangaje ko u
Abafana ba APR FC bagaragaje agahinga gakomeye nyuma yo kuba iya nyuma mu Inkera y’Abahizi
Abafana ba APR FC bagaragaje agahinda gakomeye, nyuma yo gusoza irushanwa yateguye ryiswe Inkera y’Abahizi itatsinze umukino n’umwe, igikombe kikegukana na Police FC. Ikipe y’Ingabo yatsinzwe imikino yose yakinnye muri iri rushanwa,aho usoza yatsinzwe na Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0. Bamwe
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Kanama 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’umutwe wa
Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye Goma
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 kanama 2025, ingabo z’iki gihugu, umutwe w’iterabwoba byacengeye mu bice birimo Goma. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasobanuye ko abasirikare ba RDC n’aba barwanyi
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri RDC
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa 25 kanama 2025 yakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifuje gutaha ku bushake. Igikorwa cyo gucyura Abanyarwanda cyashingiye ku myanzuro yafatiwe mu nama y’u Rwanda, RDC n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR) yabereye
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho Sud-Kivu, tariki ya 23 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu gace ka Lubumba, yamenyekanye ku buryo bwihuse mu gitondo cyo
Uwiteka azakurwanirira
Uwiteka azakurwanirira Umurongo wo mu Kuva 14:14 ni umwe mu y’ingenzi cyane: “Uwiteka azakurwanirira, kandi ugomba guceceka gusa.” Aya magambo yavugiwe mu gihe abisirayeli bari imbere y’inyanja itukura, inyuma yabo abanyegiputa babarasa n’amagare, imbere yabo hakaba amazi y’inyanja. Mu buryo bw’umuntu, nta nzira
Minembwe umutwe wa m23 wafashe agace ka Lubumba bishyira Uvira mu kaga
Umutwe wa m23 uri mu Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wigaruriye agace ka Lubumba bishyira umujyi wa Uvira mu kaga. umutwe wa m23 wigaruriye umudugudu wa Lubumba nyuma yuko abarwanyi b’uyu mutwe babashije kurenga umugezi wa Lushiji no kwirukana abarwanyi ba Wazalendo n’ingabo
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
Guverinoma ya Mozambique yashimiye u Rwanda kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi w’icyo gihugu kandi ubufatanye bw’impande zombi bugatanga umusaruro by’umwihariko mu bya gisirikare n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage. Byagarytsweho na Minisiteri w’ingabo wa Mozambique Maj.Gen.cristo’vao Artur chume,uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu u Rwanda.Ni uruzinduko kandi rurimo
Ambasaderi w’u Butaliyani ari mukaga kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi w’u Butaliyani muri iki guhugu, Emanuela D’Alessandro kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Matteo Salvini kuri Perezida Emmanuel Macron. Macron aherutse gutangaza ko muri Ukraine hakenewe koherezwa ingabo nyinshi zo mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi,