Impamvu zituma abantu babura ibitotsi n’icyo umuntu yakora ngo bikemuke

Impamvu zituma abantu babura ibitotsi n’icyo umuntu yakora ngo bikemuke

Aug 28, 2025

Impamvu zituma abantu babura ibitotsi n’uburyo bwo kubisohokamo Mu buzima bwa muntu, ibitotsi ni kimwe mu bintu by’ingenzi cyane kugira ngo umubiri n’ubwonko bikore neza. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko umuntu mukuru akenera hagati y’amasaha 7 na 9 yo gusinzira buri joro kugira

Read More
Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda

Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda

Aug 28, 2025

Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda Mu gihugu cy’u Bushinwa, mu bitaro bya Guangzhou Medical University, habaye igikorwa cy’ubuvuzi kidasanzwe gisa n’igitangaje, aho umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, akabimarana iminsi icyenda mbere y’uko abaganga bafata umwanzuro wo kubimukuramo. Iki

Read More
Mu misozi miremire ya Minembwe humvikanye urusaku rw’amasasu, inkongi n’amajwi y’abantu basaba ubufasha

Mu misozi miremire ya Minembwe humvikanye urusaku rw’amasasu, inkongi n’amajwi y’abantu basaba ubufasha

Aug 27, 2025

Mu misozi miremire ya Minembwe humvikanye urusaku rw’amasasu, inkongi n’amajwi y’abantu basaba ubufasha Intambara yongeye kwibasira Minembwe: FARDC, FDLR, Wazalendo, Abacanshuro n’Ingabo z’u Burundi barashinjwa kwica abasivili muri Kadasomwa n’utundi dusantere tw’abanyamulenge Ku matariki ya 26 kugeza ku ya 27 Kanama 2025, mu

Read More
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi

Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi

Aug 27, 2025

Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku Isi Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, inkuru yagiye hanze yaturikije itangazamakuru ku Isi hose. Ababyeyi b’umwana w’imyaka 16 witwa Adam Rain

Read More
Uvira umutekano ukomeje kuba ikibazo nyuma yuko yugarijwe n’umutwe wa m23

Uvira umutekano ukomeje kuba ikibazo nyuma yuko yugarijwe n’umutwe wa m23

Aug 26, 2025

Uvira imirwano ikaze yashyamiranyije abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo,ni imirwano yabaye kuri uyu wa mbere muri chefferie ya Burhinyi ,teritwari ya Uvira. Amakuru dukesha isoko zacu ziri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko abarwanyi b’umutwe wa m23 bashatse gufata umujyi

Read More
Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa”

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa”

Aug 26, 2025

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa” Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X (rizwi na benshi nka Twitter), Bertrand Bisimwa, umuyobozi ukomeye mu Ihuriro AFC/M23, yongeye kuvuga ku buryo ubutegetsi bwa Leta ya Félix Tshisekedi bwubatse urwango

Read More
Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara

Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara

Aug 26, 2025

Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara Kuwa mbere tariki ya 25 Kanama 2025, mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye akavuyo n’impagarara zatewe n’imodoka ebyiri zitwaye abagenzi ziturutse mu gihugu cy’u Burundi. Izi modoka zari

Read More
Uko umutima w’umuntu ukora, indwara ziwugariza n’uburyo bwo kuwurinda

Uko umutima w’umuntu ukora, indwara ziwugariza n’uburyo bwo kuwurinda

Aug 26, 2025

Uko umutima w’umuntu ukora, indwara ziwugariza n’uburyo bwo kuwurinda  Umutima, Imashini itajya iruhuka Iyo umuntu avuze ijambo “umutima”, buri wese ahita atekereza ku buzima. Nta kindi gice cy’umubiri cyerekana ukuri kw’ubuzima nk’umutima, kuko iyo uhagaritse gutera, ubuzima burangira ako kanya. Umutima ni moteri

Read More
Perezida Kagame yahakanye kubivugwa kuri RDF bitari byiza

Perezida Kagame yahakanye kubivugwa kuri RDF bitari byiza

Aug 26, 2025

Perezida Paul Kagame yavuze ko Ingabo z’u Rwanda RDF zishinjwa ibikorwa by’ubwicanyi mu Burasirazuba bwa DRC, iyo ziza kuba ziriyo nk’uko bivugwa mu bitangazamakuru mpuzamahanga, zitari kubikora nk’uko zemeye guherekeza abacanshuro b’Abanyaburayi bagafashwa gusubira iwabo. Perezida Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,

Read More
Botswana iri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga

Botswana iri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga

Aug 26, 2025

Perezida wa Botswana,Duma Boko, yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, bikiyongeraho ubukungu bw’igihugu bitishafe neza. Minisitiri w’Ubuzima muri Botswana, Dr. Stephen Modise yari aherutse gutangaza ko igihugu kiri mu bihe bigoye kubera ibura ry’imiti ya

Read More