Impamvu zituma abantu babura ibitotsi n’icyo umuntu yakora ngo bikemuke
Impamvu zituma abantu babura ibitotsi n’uburyo bwo kubisohokamo Mu buzima bwa muntu, ibitotsi ni kimwe mu bintu by’ingenzi cyane kugira ngo umubiri n’ubwonko bikore neza. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko umuntu mukuru akenera hagati y’amasaha 7 na 9 yo gusinzira buri joro kugira
Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda
Umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, abimarana iminsi icyenda Mu gihugu cy’u Bushinwa, mu bitaro bya Guangzhou Medical University, habaye igikorwa cy’ubuvuzi kidasanzwe gisa n’igitangaje, aho umugabo w’imyaka 39 yahawe ibihaha by’ingurube, akabimarana iminsi icyenda mbere y’uko abaganga bafata umwanzuro wo kubimukuramo. Iki
Mu misozi miremire ya Minembwe humvikanye urusaku rw’amasasu, inkongi n’amajwi y’abantu basaba ubufasha
Mu misozi miremire ya Minembwe humvikanye urusaku rw’amasasu, inkongi n’amajwi y’abantu basaba ubufasha Intambara yongeye kwibasira Minembwe: FARDC, FDLR, Wazalendo, Abacanshuro n’Ingabo z’u Burundi barashinjwa kwica abasivili muri Kadasomwa n’utundi dusantere tw’abanyamulenge Ku matariki ya 26 kugeza ku ya 27 Kanama 2025, mu
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku Isi Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, inkuru yagiye hanze yaturikije itangazamakuru ku Isi hose. Ababyeyi b’umwana w’imyaka 16 witwa Adam Rain
Uvira umutekano ukomeje kuba ikibazo nyuma yuko yugarijwe n’umutwe wa m23
Uvira imirwano ikaze yashyamiranyije abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo,ni imirwano yabaye kuri uyu wa mbere muri chefferie ya Burhinyi ,teritwari ya Uvira. Amakuru dukesha isoko zacu ziri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko abarwanyi b’umutwe wa m23 bashatse gufata umujyi
Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa”
Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa” Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X (rizwi na benshi nka Twitter), Bertrand Bisimwa, umuyobozi ukomeye mu Ihuriro AFC/M23, yongeye kuvuga ku buryo ubutegetsi bwa Leta ya Félix Tshisekedi bwubatse urwango
Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara
Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara Kuwa mbere tariki ya 25 Kanama 2025, mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye akavuyo n’impagarara zatewe n’imodoka ebyiri zitwaye abagenzi ziturutse mu gihugu cy’u Burundi. Izi modoka zari
Uko umutima w’umuntu ukora, indwara ziwugariza n’uburyo bwo kuwurinda
Uko umutima w’umuntu ukora, indwara ziwugariza n’uburyo bwo kuwurinda Umutima, Imashini itajya iruhuka Iyo umuntu avuze ijambo “umutima”, buri wese ahita atekereza ku buzima. Nta kindi gice cy’umubiri cyerekana ukuri kw’ubuzima nk’umutima, kuko iyo uhagaritse gutera, ubuzima burangira ako kanya. Umutima ni moteri
Perezida Kagame yahakanye kubivugwa kuri RDF bitari byiza
Perezida Paul Kagame yavuze ko Ingabo z’u Rwanda RDF zishinjwa ibikorwa by’ubwicanyi mu Burasirazuba bwa DRC, iyo ziza kuba ziriyo nk’uko bivugwa mu bitangazamakuru mpuzamahanga, zitari kubikora nk’uko zemeye guherekeza abacanshuro b’Abanyaburayi bagafashwa gusubira iwabo. Perezida Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,
Botswana iri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga
Perezida wa Botswana,Duma Boko, yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, bikiyongeraho ubukungu bw’igihugu bitishafe neza. Minisitiri w’Ubuzima muri Botswana, Dr. Stephen Modise yari aherutse gutangaza ko igihugu kiri mu bihe bigoye kubera ibura ry’imiti ya