Igisirikare cya Finlande kigiye gukura ikirango cy’Aba-Nazi ku birango byacyo
Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka ‘Swastika’ ku mpuzankano, amabendera no ku bindi birango byacyo nk’uburyo bwo kwitandukanya n’Aba-Nazi. Ni ikimenyetso mu myaka yo hambere cyubahwaga kigafatwa nk’icy’ubukire n’imibereho myiza ,amahoro n’amahirwe n’ibindi. Cyakoreshwaga mu myizerere
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya
Kigali mu mpinduramatwara y’ubwikorezi: Umushinga w’imigozi yo mu kirere (Cable Cars) ushobora guhindura isura y’umurwa mukuru
Kigali mu mpinduramatwara y’ubwikorezi: Umushinga w’imigozi yo mu kirere (Cable Cars) ushobora guhindura isura y’umurwa mukuru Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, umaze igihe kinini uzwi nk’uwicishe bugufi, utuje kandi ukeye, ubu uri mu nzira nshya yo guhindura ishusho. Mu misozi yacyo itatse icyatsi
RwandAir yaguze Boeing 737-800 ebyiri, ikomeza kwagura ingendo zayo mu kirere
RwandAir yaguze Boeing 737-800 ebyiri, ikomeza kwagura ingendo zayo mu kirere Sosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko mu mubare w’indege yari isanzwe ifite hiyongereyeho Boeing 737-800 ebyiri, mu rwego rwo gukomeza kwagura ibikorwa byayo ku mugabane wa Afurika no
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yagaragaje ko hakenewe ingendo z’indege zihuza Kigali na Maputo nta handi zinyuze
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yagaragaje ko hakenewe ingendo z’indege zihuza Kigali na Maputo nta handi zinyuze Mu ruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida mushya wa Mozambique, Daniel Chapo, yongeye kugaragaza icyifuzo gikomeye gishobora guhindura isura y’ubucuruzi n’ubwikorezi hagati y’u Rwanda na Mozambique. Ni
Bamwe baba babuze ibyo barya, abandi nabo bari kwirukanka kugira ngo bibashiremo
Bamwe baba babuze ibyo barya, abandi nabo bari kwirukanka kugira ngo bibashiremo: Ese ntibyashoboka ko duha abatabifite aho kubyirukansa? Mu gihe isi igenda yihuta mu iterambere, igikenewe cyane kuri buri muntu ni ukugira ibyo kurya bihagije, amahoro mu mutima no kubona amahirwe yo
Baltasar Ebang uzwiho gusambana n’abagore 400 yakatiwe gufungwa imyaka umunani
Baltasar Ebang Engong ukomoka muri Guine’e e’quatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125,4 CFA [akabakaba miliyoni 320 Frw]. Balthasar wari umuyobozi w’ikigo cya Guine’e e’quatoriale gishinzwe gukora
Amerika yashiriyeho imisoro ibicuruzwa biva mu Buhinde yatangiye gushyirwa mu bikorwa
Minisitiri w’U Buhinde, Narendra Modi, yasabye abaturange gushyira imbaraga mu kugura ibicuruzwa byakorewe imbere mu gihugu nyuma y’yuko imisoro iheruka gushyirwa ku bicuruzwa biva muri icyo gihugu bijya muri Amerika ingana na 50% itangiye gushyirwa mu bikorwa. Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari
Uvira: Intambara y’abahoze bafatanyije urugamba yahindutse ikibazo gikomeye ku marembo y’u Burundi
Uvira: Intambara y’abahoze bafatanyije urugamba yahindutse ikibazo gikomeye ku marembo y’u Burundi Mu birometero bike uvuye i Bujumbura, umurwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, umujyi wa Uvira wa Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye kwinjira mu bihe by’intambara itunguranye hagati y’ingabo
Umusifuzi yakomerekejwe muri Shampiyona ya Tunisie
Mu mukino wa shampiyona mu gihugu cya Tunisie, umusifuzi wo ku ruhande witwa Marwana Saad,yakomerekejwe n’abafana nyuma yo kutishimira ibyemezo yagiragamo uruhare. Ku wa Gatatu, Tariki ya 27 kanama 2025, umukino wahuzaga CA Bizertin na Club African zikinz shampiyona ya tunisie, wahagaze ugeze