Umusego watera indwara nyinshi, kubagwa nabyo bishobora kuzamo.

Umusego watera indwara nyinshi, kubagwa nabyo bishobora kuzamo.

Aug 1, 2025

Umusego watera indwara nyinshi, kubagwa nabyo bishobora kuziramo.   Abantu benshi baryama buri munsi uu musego batarigeze batekereza ku ngaruka ushobora kugira ku mubiri. Nyamara, uko umusego ukozwe n’uko uwukoresha bishobora kugira uruhare runini mu gutera indwara z’ijosi, ibikanu, umutwe w’inyuma, n’umugongo.  

Read More
AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.

AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.

Aug 1, 2025

AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.   Inama y’akanama k’ihuriro AFC yarateranye kugira ngo isubukure imirimo y’inkiko. Raporo y’akanama k’ubutabera yasomwe n’umunyamabanga mukuru Delion Kimbulumpu.   Icyo bisobanura mu mikorere ya AFC Kwisuganya nk’inzego zifite imiyoborere yuzuye

Read More
Masisi:Umutwe wa m23 wongeye kugaba igitero ku barwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Ufumando

Masisi:Umutwe wa m23 wongeye kugaba igitero ku barwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Ufumando

Aug 1, 2025

Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR na Wazalendo muri gurupoma ya Ufamando teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru. Ni imirwano yatangijwe n’abarwanyi b’umutwe wa m23 bateye umutwe wa FDLR n’uwa Wazalendo baherereye mu midugudu

Read More
Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umwana

Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umwana

Aug 1, 2025

Umunyamakuru Mike Karangwa uri mu bakomeye mu Rwanda ari mu gahinda ko gupfusha umwana wa kabiri muri batatu yari afite, witabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa 31 Nyakanga azize uburwayi. Mu kiganiro kigufi yahaye ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru, Karangwa yavuze

Read More
Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere

Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere

Aug 1, 2025

Ku wa 31 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Dr. Sidi Ould Tah, Perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), baganira ku mikoranire isanzwe hagati y’u Rwanda n’iyo banki n’uburyo bwakwagurwa mu bihe biri imbere. Aya makuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida binyuze

Read More