Umusego watera indwara nyinshi, kubagwa nabyo bishobora kuzamo.
Umusego watera indwara nyinshi, kubagwa nabyo bishobora kuziramo. Abantu benshi baryama buri munsi uu musego batarigeze batekereza ku ngaruka ushobora kugira ku mubiri. Nyamara, uko umusego ukozwe n’uko uwukoresha bishobora kugira uruhare runini mu gutera indwara z’ijosi, ibikanu, umutwe w’inyuma, n’umugongo.
AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.
AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko. Inama y’akanama k’ihuriro AFC yarateranye kugira ngo isubukure imirimo y’inkiko. Raporo y’akanama k’ubutabera yasomwe n’umunyamabanga mukuru Delion Kimbulumpu. Icyo bisobanura mu mikorere ya AFC Kwisuganya nk’inzego zifite imiyoborere yuzuye
Masisi:Umutwe wa m23 wongeye kugaba igitero ku barwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Ufumando
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR na Wazalendo muri gurupoma ya Ufamando teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru. Ni imirwano yatangijwe n’abarwanyi b’umutwe wa m23 bateye umutwe wa FDLR n’uwa Wazalendo baherereye mu midugudu
Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umwana
Umunyamakuru Mike Karangwa uri mu bakomeye mu Rwanda ari mu gahinda ko gupfusha umwana wa kabiri muri batatu yari afite, witabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa 31 Nyakanga azize uburwayi. Mu kiganiro kigufi yahaye ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru, Karangwa yavuze
Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere
Ku wa 31 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Dr. Sidi Ould Tah, Perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), baganira ku mikoranire isanzwe hagati y’u Rwanda n’iyo banki n’uburyo bwakwagurwa mu bihe biri imbere. Aya makuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida binyuze