Hagaragajwe ibinini bizajya bifasha abagabo kuboneza
Ubusanzwe iyo umuntu avuze kuboneza urubyaro ku bagabo umuntu yumva uburyo bubiri gusa, gukoresha agakingirizo cyangwa kwifungisha burundu, ariko ubu hari gukorwa igerageza ku binini bya ‘YCT-259’ bizajya bifasha abagabo kuboneza urubyaro. YCT-259 ni ibinini bica intege intangangabo kuko bifunga agace gakora intanga
Yubatse Ingoro y’Imana i Yeruzalemu, ikaba ari imwe mu nyubako z’igitangaza zigeze kubaho.
Yubatse Ingoro y’Imana i Yeruzalemu, ikaba ari imwe mu nyubako z’igitangaza zigeze kubaho. Salomo (cyangwa Salomon, mu giswahili: Sulemani, mu Gifaransa: Salomon, mu kisilamu: Sulayman) ni umwe mu bantu bakomeye kandi b’igitangaza bavugwa mu byanditswe bitagatifu. Ni umwami wigaragaje mu mateka y’iyobokamana
Igihugu cy’ubukire n’ubwiza, cyategekwaga n’umugore.
Igihugu cy’ubukire n’ubwiza, cyategekwaga n’umugore. Umwamikazi w’i Saba (cyangwa Sheba) ni umwe mu bagore b’ibitangaza bazwi cyane mu mateka no mu myemerere ya Bibiliya, Islam n’umuco wa Etiyopiya. Inkuru ye ni urwibutso rukomeye ku bushishozi, icyubahiro, ukwemera, n’uruhare rw’umugore mu guhindura amateka.
Protais Mitali wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana
Mitali Protais wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko kuba yarabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo, ndetse akanaruhagararira nka Ambasaderi muri Ethiopia, yitabiye Imana mu Bubiligi. Amakuru y’urupfu rw’uyu munyapolitiki, yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Kanama 2025 ari na bwo yitabye Imana,
Abagabo benshi barinda basaza bagitoranya abagore bagomba kuzabana nabo bakabura amahirwe yo kubaka ubuzima bufatika.
Abagabo benshi barinda basaza bagitoranya abagore bagomba kuzabana nabo bakabura amahirwe yo kubaka ubuzima bufatika. Hari abagabo benshi barinda basaza bakigorwa no gutoranya abagore, rimwe na rimwe bikabaviramo gukenyuka mu rukundo, gutinya kwiyemeza, cyangwa gutakaza amahirwe yo kugira urugo rwubakitse. Ibi bifite
RDC: abatasi babiri bakomoka mu Bufaransa bafatiwe muri Kinshasa mugufasha AFC/M23 guhirika Tshisekedi
Urwego rushinzwe iperereza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo rwafashe abazungu babiri bafite ubwenegihugu bw’igihugu cy’Ubufaransa bakekwaho kuza muri iki gihugu gukora ibikorwa by’ubutasi . Nkuko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bivugwa ko aba batasi bafashwe ku munsi
Umugabo yamaze amezi 4 atoga bimuviramo gutandukana n’umugore we
Umugabo yamaze amezi 4 atoga bimuviramo gutandukana n’umugore we “Numvaga ankunda uko ndi” : Umugabo wamaze amezi 4 atoga yatandukanye n’umugore we kubera umwanda. Lagos, Nigeria, umugabo w’imyaka 41 yamaze amezi ane adakora isuku ku mubiri, avuga ko yari “ari mu rugendo
Uburoso bw’amenyo bwafashije umugore wo mu Bwongereza gufata umugabo we wamucaga inyuma.
Uburoso bw’amenyo bwafashije umugore wo mu Bwongereza gufata umugabo we wamucaga inyuma. Ubuzima bw’urugo bushobora guhinduka burundu biturutse ku ikoranabuhanga rito kandi abantu benshi batatekerezaga ko ryagira uruhare mu mibanire y’abashakanye. Ibi nibyo byabaye ku mubyeyi wo mu Bwongereza, wafashe umugabo we
Rubavu:BasiGo yamuritse imodoka zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe
Mu karere ka Rubavu hamuritswe imodoka za BasiGo zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe gusa. BasiGo abayobozi bayo bavuga ko imodoka bamuritse ko zifite ubushobozi bwo gukora urugendo ruva mu karere ka Rubavu,Huye,Nyagatare,Rusumo na Karongi maze ikagaruka mu Mujyi wa Kigali