M23 ishobora kujya mu kaga
M23 ishobora kujya mu kaga Inyandiko iri mu gitabo cy’inyandiko za Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Congressional Record), irimo icyifuzo cy’ivugururwa ry’itegeko ryagejejweho na Senateri RISCH kuri projet de loi S.2296, rigamije guha uburenganzira bwo gukoresha ingengo y’imari y’umwaka wa 2026
Leta ya RDC ntivuga rumwe na AFC/m23 kwiyicwa ry’umunyamakuru Fiston Wilondja wiciwe i Bukavu
Fiston Wilondja Mazambi wari umunyamakuru yiciwe i Bukavu, mu gace kagenzurwa na AFC/M23. Ikinyamakuru kitwa Le Potentiel cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Tariki 05/8/2025 ari bwo abantu basanze umurambo we uryamye hasi,yavuye amaraso menshi kandi aziritse ikiziriko mu ijoso.
Umugore n’umugabo iyo baraye mu byumba bitandukanye, bibafasha kugabanya “Stress”. Ubushakashatsi bushya
Umugore n’umugabo iyo baraye mu byumba bitandukanye, bibafasha kugabanya “Stress”. Ubushakashatsi bushya. “Kuryama ahatandukanye bishobora kugabanya stress mu bashakanye” Ubushakashatsi bushya burabitangaza Ibyavuye mu bushakashatsi bushya biragaragaza ko kuryama mu byumba bitandukanye bishobora kugira uruhare runini mu kugabanya umunaniro, ubushyamirane, n’imihangayiko mu bashakanye.
Ubutabera:Ingabire Victoire yisobanuye avuga ko ibyaha aregwa harimo ibyashaje,ese icyaha gisaza ryari?
Amategeko avuga ko icyaha ari igikorwa kibujijwe n’itegeko cyangwa kwanga gukora igitegetswe ku buryo bihungabanya umutekano mu bantu kandi hari itegeko ribiteganyiriza igihano. Hari ihame rivuga ko kandi Nta gihano gishobora gutangwa hatari itegeko, nta kurikiranacyaha ndetse no kurangiza igifungo cyatanzwe mu gihe
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro gahunda nshya y’imyaka itanu igamije guteza imbere urubyiruko, aho izashorwamo arenga miliyari 49 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi gahunda,
Uwahoze ari umukozi wa As kigali ayisaba kumwishyura bitabaye ibyo akayijyana mu Nkiko
Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa As kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi , yasabye ubuyobozi bwiyi kipe kumwishyura imishahara ye ingana na mezi 13 ingana n’arenga miliyoni 6 Frw, bitakunda akaba yakwitabaza inkiko zikamurenganura. Mu mwaka w’imikino wa 2024/2025 urangiye,
Amerika igiye kujya isaba abanyamahanga ingwate kuri visa zabo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutagira gusaba abanyamahanga ingwate ya 15.000 dollar kuri visa bitewe n’abarenza igihe bemerewe kumarayo. Ku wa 5 nyakanga nibwo iyi gahunda yashyizweho umukono na Perezida Donald Trump mu buryo bwo gukumira abanyamahanga bajyayo bakarenza igihe bimerewe ndetse
Abagize Guverinoma nshya y’u Burundi
Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri W’intebe ,Nestor Ntahontuye yongewemo abandi baminisitiri bashya benshi. ku wa 5 Nyakanga 2025 Perezida Evariste Ndayishimiye nibwo yabashyizeho. Perezida Evariste Ndayishimye yashyizeho abagize Guverinoma nshya , bamwe bagaruka mu buyobozi abandi barahindurwa, bwa mbere umugore yagizwe Minisitiri W’Ingabo
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’imitwe ya Wazalendo na AFC-M23 mu gace ka Kalembe, muri Territoire ya Masisi, Groupement ya Bashali Mokoto, aho intambara y’amajwi y’imbunda ziremereye yumvikanye. Iyi mirwano yatewe
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara Goma, 5 Kanama 2025, Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru, Bwana Bahati Musanga Joseph Erasto, yatangaje itegeko ryihariye ritangaza ishyirwaho rya Lumumba Kambere Muyisa nk’Umuvugizi Mukuru w’Ibiro bye.