Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we?

Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we?

Aug 8, 2025

Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we?   Ku mugoroba wo ku itariki ya 7 Kanama 2025, mu gace ka Munyonyo, kuri Shan’s Bar & Restaurant, habaye amakimbirane hagati ya Sandra Teta n’umugabo we, umuhanzi Douglas “Weasel” Mayanja.   Mu buryo buhangayikishije, Sandra

Read More
Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero

Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero

Aug 8, 2025

Abantu batatu bo mu Krere ka Nyanza ,Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubungenzacyaha (RIB), bakurikiranwaho urupfu rw’ umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yuko umurambo we bahusanze mu mufuka. Ibi byatangajwe ku wa 6 kanama 2025 na Polisi y’u

Read More
AFC/M23 Ishyigikiye Impinduka mu Miyoborere ya RDC binyuze muri ‘Fédéralisme’

AFC/M23 Ishyigikiye Impinduka mu Miyoborere ya RDC binyuze muri ‘Fédéralisme’

Aug 7, 2025

Ihuriro rya politiki n’umutwe wa gisirikare AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasohoye icyifuzo risaba ko imiyoborere y’iki gihugu yahinduka ikajya ishingira ku ihame rya federalisme, rishingiye ku gutanga ububasha bwisumbuye ku nzego z’ibanze, nk’uko bikorwa mu bihugu nka

Read More
Ghana iri mu gahinda k’abayobozi bayo bakuru bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu

Ghana iri mu gahinda k’abayobozi bayo bakuru bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu

Aug 7, 2025

Igihugu cya Ghana kiri mu gihe cy’amarira n’agahinda nyuma y’uko indege ya kajugujugu ikoze impanuka igahitana abantu umunani, barimo abayobozi bakuru ba Leta. Iyi ndege yari yavuye i Accra, Umurwa Mukuru, igana mu mujyi wa Obuasi, ariko ntibyigeze bigenda uko byari byitezwe kuko

Read More
Diamond Platnumz yagaragaje ibimenyetso byo kwihakana bamwe mu bana be

Diamond Platnumz yagaragaje ibimenyetso byo kwihakana bamwe mu bana be

Aug 7, 2025

Umuhanzi Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare nyawo w’abana yabyaye, kandi ko ashidikanya niba abo bivugwa ko yabyaranye n’abagore batandukanye bose ari abe koko. Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru. Yavuze ko nubwo yita ku bana batandukanye bivugwa ko ari be,

Read More
Umuskuti ayoboye igisirikare!

Umuskuti ayoboye igisirikare!

Aug 7, 2025

Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati

Read More
Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel

Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel

Aug 7, 2025

Ibitangazamakuru bya Leta ya Iran byatangaje ko Rouzbeh Vadi washinjwaga kuba maneko ya Isiraheli yishwe nyuma yo gushinjwa n’Urukiko guha Isiraheli amakuru yerekeye umuhanga mu bya nikeleyeri wishwe mu gitero cya Isiraheli cyo muri Kamena. Rouzbeh Vadi yishwe kuri uyu wa Gatatu nyuma

Read More
Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho

Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho

Aug 7, 2025

Uvira imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwiki gihugu ukorera mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwiki gihugu. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu  tariki ya 6Kamena 2025 mu bice bya Kiliba

Read More
SIDA yibasiriye  igisirikare cy’u Burusiya cyiri mu ntambara muri Ukraine

SIDA yibasiriye igisirikare cy’u Burusiya cyiri mu ntambara muri Ukraine

Aug 7, 2025

Minisitiri y’Ingabo mu Burusiya avuga ko umubare w’abasirikare banduye indwara ya SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine. Amakuru y’ubwiyongere bw’ubwandu bw’indwara ya SIDA mu basirikare b’u Burusiya yahishuwe n’urubuga Carnegie Politika nyuma yo gusesengura raporo ya Minisiteri y’Ingabo

Read More
Ni uko Marie Chantal afata intwaro

Ni uko Marie Chantal afata intwaro

Aug 6, 2025

“Ni uko Marie Chantal afata intwaro”   Ishyirwaho bwa mbere ry’umugore ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, ari we Marie-Chantal Nijimbere. Marie-Chantal yafashe intwaro… Ku nshuro ya mbere, umugore agizwe Minisitiri w’Ingabo mu Burundi. Uwo mugore ni Marie-Chantal Nijimbere, ukomoka mu muryango

Read More