Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we?
Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we? Ku mugoroba wo ku itariki ya 7 Kanama 2025, mu gace ka Munyonyo, kuri Shan’s Bar & Restaurant, habaye amakimbirane hagati ya Sandra Teta n’umugabo we, umuhanzi Douglas “Weasel” Mayanja. Mu buryo buhangayikishije, Sandra
Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero
Abantu batatu bo mu Krere ka Nyanza ,Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubungenzacyaha (RIB), bakurikiranwaho urupfu rw’ umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yuko umurambo we bahusanze mu mufuka. Ibi byatangajwe ku wa 6 kanama 2025 na Polisi y’u
AFC/M23 Ishyigikiye Impinduka mu Miyoborere ya RDC binyuze muri ‘Fédéralisme’
Ihuriro rya politiki n’umutwe wa gisirikare AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasohoye icyifuzo risaba ko imiyoborere y’iki gihugu yahinduka ikajya ishingira ku ihame rya federalisme, rishingiye ku gutanga ububasha bwisumbuye ku nzego z’ibanze, nk’uko bikorwa mu bihugu nka
Ghana iri mu gahinda k’abayobozi bayo bakuru bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu
Igihugu cya Ghana kiri mu gihe cy’amarira n’agahinda nyuma y’uko indege ya kajugujugu ikoze impanuka igahitana abantu umunani, barimo abayobozi bakuru ba Leta. Iyi ndege yari yavuye i Accra, Umurwa Mukuru, igana mu mujyi wa Obuasi, ariko ntibyigeze bigenda uko byari byitezwe kuko
Diamond Platnumz yagaragaje ibimenyetso byo kwihakana bamwe mu bana be
Umuhanzi Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare nyawo w’abana yabyaye, kandi ko ashidikanya niba abo bivugwa ko yabyaranye n’abagore batandukanye bose ari abe koko. Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru. Yavuze ko nubwo yita ku bana batandukanye bivugwa ko ari be,
Umuskuti ayoboye igisirikare!
Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati
Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel
Ibitangazamakuru bya Leta ya Iran byatangaje ko Rouzbeh Vadi washinjwaga kuba maneko ya Isiraheli yishwe nyuma yo gushinjwa n’Urukiko guha Isiraheli amakuru yerekeye umuhanga mu bya nikeleyeri wishwe mu gitero cya Isiraheli cyo muri Kamena. Rouzbeh Vadi yishwe kuri uyu wa Gatatu nyuma
Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho
Uvira imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwiki gihugu ukorera mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwiki gihugu. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6Kamena 2025 mu bice bya Kiliba
SIDA yibasiriye igisirikare cy’u Burusiya cyiri mu ntambara muri Ukraine
Minisitiri y’Ingabo mu Burusiya avuga ko umubare w’abasirikare banduye indwara ya SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine. Amakuru y’ubwiyongere bw’ubwandu bw’indwara ya SIDA mu basirikare b’u Burusiya yahishuwe n’urubuga Carnegie Politika nyuma yo gusesengura raporo ya Minisiteri y’Ingabo
Ni uko Marie Chantal afata intwaro
“Ni uko Marie Chantal afata intwaro” Ishyirwaho bwa mbere ry’umugore ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, ari we Marie-Chantal Nijimbere. Marie-Chantal yafashe intwaro… Ku nshuro ya mbere, umugore agizwe Minisitiri w’Ingabo mu Burundi. Uwo mugore ni Marie-Chantal Nijimbere, ukomoka mu muryango