Uwari Sawuri yahindutse Pawulo

Uwari Sawuri yahindutse Pawulo

Aug 10, 2025

Uwari Sawuri yahindutse Pawulo Uwari Sawuli wahindutse Pawulo yari umwe mu bantu bavugwa cyane mu byanditswe byera, cyane cyane mu isezerano Rishya. Mu ntangiriro, Sawuli yari Umunyafarisayo w’umunyamategeko, w’umuhanga mu by’amategeko ya Mose kandi ukomeye mu myemerere y’Abayahudi. Yavukiye i Taruso mu Kilikiya

Read More
Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute?

Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute?

Aug 10, 2025

Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute? Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukunze kwitwa reflexology bukora ku gitekerezo cy’uko mu birenge hari “utuntu” cyangwa “uduce” twihariye twihuza n’ibice bitandukanye by’umubiri wose binyuze mu miyoboro y’amaraso, imitsi y’ubwonko, n’imiyoboro y’ingirangingo (nerve pathways). Iyo utuntu tw’ingenzi mu

Read More
DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo

DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo

Aug 9, 2025

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane. Donald Trump yabivuze ku wa 8 Kanama 2025, nyuma yo gufasha Perezida IIham Aliyev wa Azerbaijan na

Read More
Addis-Abeba, RDC n’Urwanda byifashe gute?

Addis-Abeba, RDC n’Urwanda byifashe gute?

Aug 9, 2025

Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriye Addis-Abeba Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriyeyo ku matariki ya 7 na 8 Kanama i Addis-Abeba mu nama ya mbere y’umuryango w’ubufatanye mu gucunga umutekano, igamije gushyira mu bikorwa amasezerano ya

Read More
Rayon Sports yashize hanze imyambaro mishya igiye kujya yambara

Rayon Sports yashize hanze imyambaro mishya igiye kujya yambara

Aug 9, 2025

Rayon Sports FC yashize hanze imyambaro mishya  izifashisha mu mikino yakiriye mu mwaka wa 2025/2026, yakozwe n’ikigo Nyarwanda gikora Imideli, Kwesa Collection. Mwijoro ryo ku wa gatanu, tariki ya 8 Kanama 2025, ni bwo Gikundiro yagaragaje imyambaro izakoreshwa ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo.

Read More
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23

Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23

Aug 9, 2025

Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23 Tariki ya 8 Kanama 2025, mu masaha y’umugoroba, imirwano ikomeye mu karere ka Nzibira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zikomatanyije n’umutwe wa Wazalendo bahanganye n’abarwanyi ba AFC/M23 mu

Read More
Intwaro zoherezwaga muri Isreal u Budage  bwazihagaritse.

Intwaro zoherezwaga muri Isreal u Budage bwazihagaritse.

Aug 9, 2025

Leta y’u Budage kurubu yafashe icyemezo cyo kutazongera kohereza intwaro muri Isreal, nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kugenzura umujyi wa Gaza, inkambi ziwukikije ndetse n’umutekano w’agace ka Gaza kose, mu rwego rwo kwambura intwaro umutwe wa Hamas ndetse no gucyura imbohe

Read More
Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya

Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya

Aug 9, 2025

Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya Ibyo abakora bridal shower bagomba kumenya, bigendanye n’ihame ry’uko nta rugo rwubakwa nk’urundi, birimo ibintu byinshi bijyanye n’umuco, imyumvire, n’imiterere y’ingo zitandukanye. Inama n’impano bigomba gushingira ku buzima bw’umugeni n’umuryango we, aho akomoka,

Read More
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya

AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya

Aug 8, 2025

AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana ibibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwe mu mitwe yitwaje intwaro imaze igihe kirekire ivugwa mu itangazamakuru ni AFC/M23. Uyu mutwe, uvuga ko uharanira uburenganzira bwa rubanda n’abandi

Read More
Rubavu abaturange babiri na Gitifu batawe muri yombi bakekwaho kugurisha inka za Girinka

Rubavu abaturange babiri na Gitifu batawe muri yombi bakekwaho kugurisha inka za Girinka

Aug 8, 2025

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka kanyundo mu Murenge wa mudende ho mu karere ka Rubavu yatawe mu yombi arikumwe n’abaturange babiri, bakekwaho kugurisha inka ebyiri za Girinka bari barahawe. Kuruyu wa Mbere tariki 4 kanma 2025, nibwo Gitifu w’Akagari yatawe muri yombi, nyuma y’umunsi

Read More