Uwari Sawuri yahindutse Pawulo
Uwari Sawuri yahindutse Pawulo Uwari Sawuli wahindutse Pawulo yari umwe mu bantu bavugwa cyane mu byanditswe byera, cyane cyane mu isezerano Rishya. Mu ntangiriro, Sawuli yari Umunyafarisayo w’umunyamategeko, w’umuhanga mu by’amategeko ya Mose kandi ukomeye mu myemerere y’Abayahudi. Yavukiye i Taruso mu Kilikiya
Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute?
Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute? Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukunze kwitwa reflexology bukora ku gitekerezo cy’uko mu birenge hari “utuntu” cyangwa “uduce” twihariye twihuza n’ibice bitandukanye by’umubiri wose binyuze mu miyoboro y’amaraso, imitsi y’ubwonko, n’imiyoboro y’ingirangingo (nerve pathways). Iyo utuntu tw’ingenzi mu
DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane. Donald Trump yabivuze ku wa 8 Kanama 2025, nyuma yo gufasha Perezida IIham Aliyev wa Azerbaijan na
Addis-Abeba, RDC n’Urwanda byifashe gute?
Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriye Addis-Abeba Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriyeyo ku matariki ya 7 na 8 Kanama i Addis-Abeba mu nama ya mbere y’umuryango w’ubufatanye mu gucunga umutekano, igamije gushyira mu bikorwa amasezerano ya
Rayon Sports yashize hanze imyambaro mishya igiye kujya yambara
Rayon Sports FC yashize hanze imyambaro mishya izifashisha mu mikino yakiriye mu mwaka wa 2025/2026, yakozwe n’ikigo Nyarwanda gikora Imideli, Kwesa Collection. Mwijoro ryo ku wa gatanu, tariki ya 8 Kanama 2025, ni bwo Gikundiro yagaragaje imyambaro izakoreshwa ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23 Tariki ya 8 Kanama 2025, mu masaha y’umugoroba, imirwano ikomeye mu karere ka Nzibira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zikomatanyije n’umutwe wa Wazalendo bahanganye n’abarwanyi ba AFC/M23 mu
Intwaro zoherezwaga muri Isreal u Budage bwazihagaritse.
Leta y’u Budage kurubu yafashe icyemezo cyo kutazongera kohereza intwaro muri Isreal, nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kugenzura umujyi wa Gaza, inkambi ziwukikije ndetse n’umutekano w’agace ka Gaza kose, mu rwego rwo kwambura intwaro umutwe wa Hamas ndetse no gucyura imbohe
Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya
Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya Ibyo abakora bridal shower bagomba kumenya, bigendanye n’ihame ry’uko nta rugo rwubakwa nk’urundi, birimo ibintu byinshi bijyanye n’umuco, imyumvire, n’imiterere y’ingo zitandukanye. Inama n’impano bigomba gushingira ku buzima bw’umugeni n’umuryango we, aho akomoka,
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana ibibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwe mu mitwe yitwaje intwaro imaze igihe kirekire ivugwa mu itangazamakuru ni AFC/M23. Uyu mutwe, uvuga ko uharanira uburenganzira bwa rubanda n’abandi
Rubavu abaturange babiri na Gitifu batawe muri yombi bakekwaho kugurisha inka za Girinka
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka kanyundo mu Murenge wa mudende ho mu karere ka Rubavu yatawe mu yombi arikumwe n’abaturange babiri, bakekwaho kugurisha inka ebyiri za Girinka bari barahawe. Kuruyu wa Mbere tariki 4 kanma 2025, nibwo Gitifu w’Akagari yatawe muri yombi, nyuma y’umunsi