RDC:Umutwe wa m23 wamaganye ibikorwa bya Leta ya RDC bibangamiye agahenge
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye “nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara”. Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye “ibikorwa byo kwegeranya ingabo n’ibikoresho” mu bice bitandukanye mu ntara za Kivu y’Epfo na Kivu
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Mulamba na Kaniola muri teritwari ya Walungu
Imirwano ikomemeye yiriwe hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ,muri Teritwari ya Walungu na Shabunda aho iyi mirwano yasize umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri izi teritwari zaombi. Amakuru yatangajwe na Sosiyete Sivile
Rwamagana:Abagabo babiri barashwe ubwo barwanyanga Abapolisi
Abagabo babiri bo mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Muyumbu mu Kagari ka Nyarukombe bari bafunzwe bakurikiranyweho ubwicanyi n’ubujura barashwe ubwo barwanyaga Abapolisi bagiye kwerekana aho bahishe ibyo bibye. Aba bagabo bari baratawe muri yombi mu bantu bacyekwagaho ko bakoze ubwicanyi n’ubujuru
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara Mu itangazo ryasohotse ku rukuta rwa X (yahoze yitwa tweeter) ryasohowe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), ryamaganye bikomeye kandi ryerekana agahinda batewe n’uko ingabo zifatanyije zishamikiye kuri Leta ya Kinshasa
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana Twebwe ntituri abasinye amasezerano ya Doha. Ayo masezerano ni hagati y’umutwe wa M23 n’ubutegetsi bwa RDC, ntabwo ari hagati na Twirwaneho,” uko byavuzwe na SAMATAMA, jenerali uyoboye umutwe w’inyeshyamba wa Twirwaneho,
Abanyamahanga bitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova bishimiye cyane uburyo bakiriwe mu Rwanda
Abahamya ba Yehova bitabiriye ikoraniro mpuzamahanga ryabereye i Kigali bagaragaje ko bahagiriye ibihe byiza, ubwiza bwiyongera mu bundi ubwo basuraga ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda harimo Pariki ya Akagera, Pariki y’Ibirunga n’ahandi. Iri koraniro mpuzamahanga ryabereye muri Stade Amahoro i Remera guhera ku
Davido yahaye impano y’isaha umugore we ingana na Miliyoni 433 Frw
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeat,David Adeleke uzwi ku izina rya Davido, yahaye umugore we Chioma Rowland impano y’isaha yo mu bwoko bwa Richard Mille irimo amabuye ya diyama, ifite agaciro ka $300,000[433,529,700] mu muhango w’ubukwe bwabo bwo gusezerana imbere y’Imana wabereye mu
Rusizi Umugore wabyaye avuye kwamamaza umukuru w’igihungu yahawe inzu
Uwamariya Noella wo mu karere ka Rusizi, wabyaye avuye kwamamaza, Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, wari umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihungu mu matora yatsinze mu 2024, yubakiwe inzu. Ku wa 10 kanama 2025, nibwo Uwamariya Noella yahawe iyi nzu yubakiwe n’abanyamuryango ba FPR-I
Abanyamulenge bagiye kurega umutwe wa FDLR m’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC
Me Maingain yatangaje ko we na bagenzi be bafite ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa nabi bwa FDLR kandi ko bazabishyikiriza ICC Abanyamategeko bunganira Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bakorewe ibyaha muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bateganya gushyikiriza urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Walungu
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Walungu hagati y’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ikaba yatangiye mu bice m23 yariherutse kunyaga umutwe wa Wazalendo. Ni imirwano yatangiye kuri iki Cyumweru mu masaha ya nyuma ya saa sita aho bivugwa ko