Impamvu hari abantu babyara igitsina kimwe gusa
Kubera iki usanga hari abantu babyara igitsina kimwe gusa? Hari impamvu nyinshi zishobora gutuma umuntu abyara abana bose b’igitsina kimwe, ariko mu by’ukuri ntibivuze ko ari “amategeko” adahinduka, ahubwo biba ari ihuriro ry’ibintu byinshi by’ubuzima, ubuzima bw’imyororokere n’imiterere y’imisemburo. Dore ibisobanuro by’ingenzi: Uburyo
Minembwe: Drone yarashe ku baturage, ibabuza kwibuka abiciwe mu Gatumba
Minembwe: Drone yarashe ku baturage, ibabuza kwibuka abiciwe mu Gatumba Minembwe, Kivu y’Amajyepfo; Ku wa 13 Kanama 2025, abaturage b’abanyamurenge bo mu gace ka Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bateguraga umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abanyamurenge
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine Inzego z’umutekano muri Uganda zatangije iperereza rikomeye nyuma y’aho hafatiwe abagabo icyenda (9) bahoze mu gisirikare cya Uganda, bakekwaho kugana muri Ukraine kugira ngo bafatanye mu ntambara ikomeje hagati y’iki
Minisitiri Nduhungirehe Olivier yasabiye Perezida Donald Trump igihembo cyitiriwe Amahoro ku Isi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe ari mu bayobozi batandukanye ku Isi basabira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel (Nobel Peace Prize). Minisitiri Nduhungirehe, aherutse kuvuga ko Donald Trump, akwiriye
Goma :Abanyamulenge bibutse ku nshuro ya 21 bagenzi babo biciwe mu Burundi bazira ko ari Abatutsi
Kwibuka Jenoside yakorewe Abanyamulenge mu Gatumba mu gihugu cy’u Burundi ,Abanyamulenge baba hirya no hino ku Isi bibutse bagenzi babo bazize ubwicanyi bwabaye mu ijoro rya tariki ya 13 rishyira tariki ya 14 z’ukwezi kwa munani umwaka wa 2004,Abanyamulenge batuye mu mujyi wa
Rulindo:RIB yakaguriye abaturange gukumira ibyaha bitaraba
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB) mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturageye y’agaciro ndetse runagaragaza ibihano bihabwa ababikoze gukumira ibyaha bitaraba,rwibanze ku byaha bigaragara mu bucukuzi bw’amabu. ku wa kabiri,tariki 12 kanama 20205, Urwego rw’Igihungu rw’ubugenzacyaha(RIB)rwaganirije abaturage bo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru kungingo yo
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura Ku wa 12 Kanama 2025, Umuvugizi w’AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje icyemezo gifite nimero 022/COORDO/AFC-M23/2025, cyashyizeho komisiyo ishinzwe gutangiza no kugenzura inzira yo gusubukura imirimo y’ubutabera mu bice byafunguwe n’uyu mutwe wa gisirikare. Icyemezo
Uko wamenya umuntu wubaha abandi
Uko wamenya umuntu wubaha abandi Kumenya umuntu wubaha abandi bisaba kureba imyitwarire ye mu bice bitandukanye by’ubuzima, aho ibyo avuga bihura n’ibyo akora. Dore ibimenyetso bikomeye bishobora kugaragaza ko umuntu yubaha abandi: Atega amatwi neza Ntababara mu gihe abandi bavuga. Ateganya umwanya wo
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO Minembwe; Kuva intambara yongeye kubura mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru, ubuzima bw’Abanyamurenge bukomeje kuba mu kangaratete. Ariko, mu cyumweru gishize, amagambo y’umuyobozi w’umutwe wa Twirwaneho, Sematama, yatumye havuka impaka
Rutsiro Ubucukuzi bw’umucanga bwinjije imisoro n’amahoro arenga miliyoni 450Frw
Ubucukuzi bw’umucanga waturutse mu migezi yo mu Karere ka Rutsiro, bwinjirije aka Karere imisoro n’amahoro agera kuri miliyoni 450,979,241 Frw,mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025. Akarere ka Rutsiro gatangaza ko ubu bucukuzi bwahangiye imirimo baturange basaga 9,650 binyuze muri sosiyete 36 zifite impushya