Inkweto ndende: Ubwiza bushaririye bushobora gusiga ubuzima mu kaga
Inkweto ndende: Ubwiza bushaririye bushobora gusiga ubuzima mu kaga Mu isi y’iki gihe yihuta, aho ubwiza, imideli n’imyambarire bihabwa agaciro gakomeye, inkweto ndende (high heels) ni imwe mu myambaro y’abagore ikunzwe cyane, cyane cyane mu birori, ku kazi cyangwa mu buzima busanzwe bwo
KWITEZAHO INZARA: UMUCO USANZWE ARIKO UFITE INGARUKA ZIKOMEYE KU BUZIMA
KWITEZAHO INZARA: UMUCO USANZWE ARIKO UFITE INGARUKA ZIKOMEYE KU BUZIMA Kwitezaho inzara ku ntoki no ku mano ni imyitwarire abantu benshi bakora batabitekerejeho cyane. Hari ababitangira bakiri abana bato, abandi bakabikomeza kugeza bakuze. Abantu benshi babyita ibintu bisanzwe, rimwe na rimwe bakavuga ko
UBURUSIYA MURI GAHUNDA YO GUKORA URUKINGO RWA SIDA
UBURUSIYA MURI GAHUNDA YO GUKORA URUKINGO RWA SIDA Ijwi ryaturutse i Moscow ryatumye amahanga yose atangira kongera kwiringira ko izabaho itekanye nta SIDA. Inzobere mu by’indwara z’ibyorezo zo mu kigo cy’ubushakashatsi cya Gamaleya (Gamaleya Research Institute of Epidemiology and Microbiology), izwi cyane kubera
UVIRA: UMUJYI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE
UVIRA: UMUJI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE Umujyi mu mwijima w’urwango Uvira, umujyi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika, ni umuyoboro ukomeye w’ubucuruzi n’ubuhahirane hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uburundi n’u Rwanda. Ariko uyu munsi, ishusho yawo ikomeje kugenda isobanurwa mu magambo
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira 30 Kanama 2025, ibice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda, Kenya na Leta zunze Ubumwe za Amerika byabaye
Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira
Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira Inkambi y’agateganyo ya Nkamira, iri mu Karere ka Rubavu, yakomeje kuba ubuhungiro bw’ingenzi ku mpunzi z’Abanyekongo zahunze ubugizi bwa nabi bwibasiye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi
Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23
Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23 29 Kanama 2025 Nyuma y’uruzinduko rwe muri Kinshasa aho yahuye na Perezida Félix Tshisekedi, no muri Kigali aho yaganiriye na Perezida Paul Kagame, ndetse no
Bamwe mu bimukira birukanywe muri Amerika bamaze kwakirwa mu Rwanda
Bamwe mu bimukira birukanywe muri Amerika bamaze kwakirwa mu Rwanda Mu gihe ibihugu byinshi byo ku mugabane wa Afurika bikomeje kugaragaza impungenge ku kibazo cy’abimukira, u Rwanda rwongeye kuba ku isonga mu kugaragaza ubushake bwo kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za
Ibicuruzwa 10 bya mbere byatumijwe hanze y’igihugu ku bwinshi, harimo n’ibyo abaturage bashobora kwibonera bashyize imbaraga ku murimo
Ibicuruzwa 10 bya mbere byatumijwe hanze y’igihugu ku bwinshi, harimo n’ibyo abaturage bashobora kwibonera bashyize imbaraga ku murimo. Mu myaka ya vuba, u Rwanda rwagaragaje ubushake bukomeye bwo guteza imbere inganda no gushyigikira gahunda ya Made in Rwanda. Intego ni ukugabanya igipimo cy’ibicuruzwa
U Rwanda ibicuruzwa rutumiza mu mahanga bitwara akayabo ka mafaranga menshi
U Rwanda ruri mu bihugu byashyize imbere itarembere ry’inganda hagamijwe kugabanya ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, hakiyongera ibyoherezwayo gusa mu bicuruzwa bikurwa hanze y’igihugu harimo n’umuceri uhingwa imbere mu gihugu. Mu 2024 u Rwanda rwatumije mu mahanga ibintu bitandukanye bifite agaciro ka miliyari 6,5$