Ese uwo wita inshuti yawe aba ari inshuti yawe bya nyabyo? Cyangwa we bamubajije yavuga ko atari inshuti yawe!
Ese uwo wita inshuti yawe aba ari inshuti yawe bya nyabyo? Cyangwa we bamubajije yavuga ko atari inshuti yawe! Tumenye abo turi kumwe neza bizadufasha kumenya uko tugomba kubitwaraho. Iga guha ubuzima bwawe inzira ya nyayo. Hari akamaro ko kumenya abo turi
Burna Boy yiseguye ku bakunzi be kubera amagambo yavuze
Umuhanzi Burna Boy yiseguye ku bakunzi b’umuziki kubera magambo yavuze mu 2023, agaragaza ko injyana ya ‘Afrobeats’ nta reme ifite ndetse n’abahanzi bayikora nta masomo y’ubuzima bwa buri munsi abantu babamo bafite. Burna Boy yavuze ibi mu kiganiro yatanze kuri ‘Apple Music’ mu
Gatabazi Jean Marie Vianney yongeye kigirirwa icyizere na Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yemeje impinduka zitandukanye mu nzego za Leta, zirimo n’izijyanye no kongera imbaraga mu bigo bikomeye. Muri izo mpinduka, Gatabazi Jean Marie Vianney yahawe inshingano nshya nk’umwe mu bagize Inama y’Ubutegetsi ya Komisiyo y’Igihugu
Gatabazi Jean Marie Vianney yahawe inshingano nshya
Gatabazi Jean Marie Vianney wigeze kuba minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, yongeye guhabwa imirimo muri Guverinoma, nyuma y’igihe kitari gito ahagaritswe kuri uyu mwanya yari amazeho igihe. Binyuze mu itangazo ry’imyanzuro y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025, Gatabazi Jean Marie Vianney yagizwe umwe
Gen.Muhoozi yagaragaje ko UPDF ishobora kwinjira mu ntamabara ya Uvira
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen.Muhoozi Kainerugaba yaciye amarenga ko ingabo za UPDF zishobora kujya mu ntambara ya Uvira igihe yaba igabweho n’ibitero. Mu butumwa yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ,tariki ya 16Nyakanga 2025 uyu
Abantu batuje, abantu bacecetse cyane ni abanyembaraga nyinshi.
Abantu batuje, abantu bacecetse cyane ni abanyembaraga nyinshi. Mu Kinyarwanda, kenshi usanga bavuga ko “abantu batuje kandi bacecetse ari bo bafite imbaraga nyinshi”. Ibi bishatse kuvuga ko umuntu utavuga byinshi ashobora kuba afite ubushishozi, ubwenge, n’imbaraga zidasanzwe atagaragaza ku mugaragaro. Mu
Uko warinda umutima wawe n’amahoro yawe.
Uko warinda umutima wawe n’amahoro yawe. Kurinda umutima wawe n’amahoro yawe ni kimwe mu bintu bihambaye umuntu ashobora gukora mu rugendo rw’ubuzima. Mu bihe bitoroshye, byinshi bitubera impamvu zo kubabara cyangwa guhungabana, ariko kwitondera umutima wawe ni ubutwari bwo gucunga amahoro yawe no
Minembwe:Ishyaka rya MRDP Twirwaneho riramagana ibitero kuba Nyamulenge bikorwa na FARDC
Minembwe Ishyaka rya MRDP Twirwaneho riramagana ibitero kuba Nyamulenge bikorwa na FARDC mu bice by’imisozi miremire ya Uvira ,aho iri shyaka rivuga ko ibi bitro bigamje gusemba abo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Iri tangazo rigumya rivuga ko ingabo z’Abarundi zifatanyije n’igisirikare cya Repubulika Iharanira
Burundi:Hakozwe amavugurura mu bayobozi b’igihugu
Sena y’u Burundi yemeje abayobozi bashya bagiye kuyobora intara eshanu zashinzwe nyuma y’ihuzwa ry’iyari isanzwe ari 18. Iri vugururwa ryemejwe ku itariki ya 3 Nyakanga 2025 binyuze mu iteka rya Perezida wa Repubulika, rikurikirwa no gutangazwa kwa ba Guverineri bashya ku wa 4
MINICOM ikeneye miliyoni $130 kugira ngo ibyanya by’inganda bikore neza mu Rwanda
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), Antoine Marie Kajangwe, yatangaje ko kugira ngo ibyanya by’inganda byose biri mu gihugu bikorwe neza, hakenewe nibura miliyoni 130 z’amadolari y’Amerika, angana na miliyari 187.9 Frw. Ibi yabigarutseho ubwo yitabaga Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Imari n’Umutungo