BNR igiye guhugura urubyiruko ku ikoreshwa rya telefoni mu bijyanye na serivisi z’imari
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) iratangaza ko igiye gutangiza gahunda yo guhugura urubyiruko ku buryo bwimbitse bwo gukoresha ikoranabuhanga mu bijyanye na serivisi z’imari, by’umwihariko binyuze kuri telefoni ngendanwa, hagamijwe kongera ubushobozi bwo kwiteza imbere. Ibi byatangajwe na Guverineri wa BNR, Soraya Hakuziyaremye,
Urukiko rwemeje icyemezo gishya ku ifungwa rya Ingabire Victoire
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangaje ko Ingabire Victoire Umuhoza, umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’ishyaka DALFA-Umurinzi ritemewe mu Rwanda, agomba gukurikiranwa afunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Ni icyemezo cyasomwe ku wa Gatanu, tariki 18 Nyakanga 2025, nyuma y’uko habaye urubanza ku ifungwa ry’agateganyo ry’uyu
Abarwanashyaka ba DGPR Green Party mu ntara y’Amajyaruguru bahuriye muri kongere y’intara
Abarwanashyaka ba DGPR Green Party bateraniye mu karere ka Musanze kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Nyakanga 2025, aho bitabiye Congress y’ishyaka mu ntara y’Amajyaruguru iyi Kongere y’intara ikaba yatangijwe na Perezida w’uyu mutwe wa Politike Nyakubahwa Dr.Frank Habineza ari kumwe na
Amakuru yerekeranye n’ifungwa rya Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23.
Amakuru yerekeranye n’ifungwa rya Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23. Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23, mu minsi yashize yari yashyizwe ku rutonde ruriho n’abandi bayobozi bakomeye muri M23, urwo rutonde rukaba rwari rwemejwe na ONU ndetse n’ibindi bihugu bikomeye
Impamvu hari aba rasta batiyogoshesha
Kubera iki hari aba rasta batiyogoshesha? Ntibisanzwe mu muco wa vuba ko usangamo dreadlocks, ahubwo mu muco nyarwanda wa kera niho hajyaga habonekamo ibyo bitaga ibisage byagereranywa na dreadlocks z’ubungubu. Ushatse rero kumenya impamvu hari nk’umuntu utiyogeshesha, wamusanga ukamubaza impamvu yabyo.
RRA yashyizeho igihembo gishya ku baturage basaba inyemezabwishyu ya EBM kenshi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangije gahunda nshya igamije gushishikariza abaturage gukomeza gusaba inyemezabwishyu ya EBM (Electronic Billing Machine). Iyi gahunda izajya inatanga ibihembo byiyongera ku 10% byari bisanzwe bihawe abayitabira. Umuyobozi wa RRA, Ronald Niwenshuti, yatangaje ko iyi gahunda nshya igamije
Ariana Grande yageneye ubutumwa abakunzi b’umuziki we
Umuririmbyi w’umunyamerika Ariana Grande yagaragaje ko n’ubwo ari kwinjira mu mishinga mishya yo gukina filime, atigeze atekereza kureka umuziki. Ibi yabigarutseho nyuma yo gutangaza ko agiye kugaragara muri filime nshya yiswe The Places You’ll Go!, ishingiye ku gitabo cy’umwanditsi Dr. Seuss. Ni nyuma
Ubutabera:RIB yafunze Habiyambere Maurice kubera kutagaragaza inkomoko y’umutungo atunze
RIB yafunze Habiyambere Maurice, umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB). Uyu akurikiranyweho ibyaha byo kwigwizaho umutungo n’iyezandonke. Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha bwatangaje ko afunzwe nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha
Imico ya buri bwoko bw’amaraso uko itandukana ku bantu.
Imico ya buri bwoko bw’amaraso uko itandukana ku bantu. Mu muco wa benshi, amaraso ni isoko y’ubuzima. Iyo umuntu atakaje amaraso menshi, ubuzima bwe bushobora kuzimira. Ariko se, amaraso ashobora no kugira uruhare mu mico ye? Iki ni ikibazo abantu bamaze imyaka
Wamenya ute impano yawe?
Wamenya ute impano yawe? Kumenya impano yawe ni urugendo rudasaba igisubizo gifatiyeho, ahubwo bisaba kwisuzuma, kwigerageza no kumva ibikunyura mu buryo bwihariye. Dore uburyo wakwifashisha kugira ngo utangire kuyimenya: Wibaze ibi bibazo by’ingenzi: Ni iki nkunda gukora, n’iyo ntari guhembwa?