Saudi Arabia:Igikomangoma cyari kimaze imyaka 20 muri koma cyitabye Imana
Igikomangoma cyitwa Al-Waleed bin Khaled Al Saud, uzwi cyane ku izina rya “Igikomangoma kiryamye” cyo muri Arabia Saudite, yapfuye nyuma yo kumara imyaka 20 ari muri koma. Yavutse muri Mata 1990, akaba yari imfura ya Prince Khaled bin Talal ndetse akaba ari mwishywa
Menya akamaro kihariye ko kurya ibisheke ku buzima bwacu
Igisheke ni kimwe mu bihingwa bigira isukari byamamaye ku isi, igisheke ni cyiza cyane mu buzima bwa muntu kuko gishobora gukorwamo ibyo kurya, igikoma, umutobe. Igisheke gifitiye umubiri w’umuntu akamaro bitewe n’uko kiganjemo vitamine, imyunyu ngugu ndetse n’intungamubiri zitandukanye. Igisheke kigizwe n’amazi n’isukari
Impanuka ikomeye y’ubwato yahitanye abantu barenga 30 mu kiyaga cya Ha Long, Vietnam
Nibura abantu 37 bitabye Imana abandi benshi baracyashakishwa nyuma y’impanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Ha Long giherereye mu Majyaruguru ya Vietnam, ahazwi cyane nk’ahantu h’ubukerarugendo bukomeye muri iki gihugu. Iyi mpanuka yabaye ubwo ubwato bwari butwaye ba mukerarugendo barimo abaturutse mu Murwa
Abataramiye bwa mbere i Nyagatare basusurukije abahatuye mu gitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival 2025(Amafoto)
Ku wa Gatandatu tariki 19 Nyakanga 2025, igitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival cyabereye mu Karere ka Nyagatare cyahaye abahanzi batandukanye amahirwe yo kuririmbira imbere y’abafana babo baho ku nshuro ya mbere. Muri aba bahanzi harimo Juno Kizigenza, Kivumbi King, Ariel Wayz na
Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito.
Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito. Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito ni imyitwarire cyangwa ibikorwa bidahwitse umubyeyi akorera cyangwa agirira umwana we, bikaba byangiza imibereho ye, uburere bwe, ndetse n’iterambere rye. Dore bimwe mu biranga umubyeyi mubi: Kutita ku mwana Kudaha umwana igihe cyangwa
Mossad Boulos yashimye Leta ya RDC na AFC/M23 kubera umukono bashyize ku mahame ndenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yashimye impande zombi zashyize umukono ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya Leta ya DRC na AFC/M23, avuga ko bigaragaza intambwe ikomeye kandi iganisha ku mahoro arambye mu gukemura
U Rwanda rwishimiye isinywa ry’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23
U Rwanda rwishimiye isinywa ry’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23, yasinyiwe i Doha muri Qatar. U Rwanda ruvuga ko aya masezerano ari intambwe ikomeye iganisha ku kurangiza amakimbirane mu mahoro mu Burasirazuba bwa DRC, gukemura intandaro y’amakimbirane no
Qatar:Intumwa za Leta ya RDC na AFC/M23 basinyanye amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’amahoro arambye
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasinyanye n’Ihuriro rya AFC/M23 amahame ngenderwaho agamije kubashyitsa ku masezerano y’amahoro arambye ,aya mahame agizwe n’ingingo zirindwi z’ingenzi.Arizo: 1.Amahame rusange: Impande zombi zemeye gukemura amakimbirane mu mahoro, hagamijwe kurinda umutekano w’Abanye-Congo. Leta ya RDC na AFC/M23 byemeranyije
Umunyarwenya Soloba bivugwa ko yafatiwe muri Uganda, amashusho yagaragaye akomeje kuzamura impaka(Amafoto)
Ku mugoroba wo ku wa 18 Nyakanga 2025, hakomeje gukwirakwizwa amashusho n’amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umukinnyi wa filime nyarwanda Swedi Habimana, uzwi cyane ku izina rya Soloba, ari mu maboko y’inzego z’umutekano za Uganda. Amashusho yagaragaye amwerekana yambaye amapingu, akurwamo inkweto n’umukobwa
Hagaragajwe Umunyarwanda umwe rukumbi uzasifura CHAN 2024
Umusifuzi umwe w’Umunyarwanda,Mutuyimana Dieudonné niwe wenyine uzasifura imikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Guhera tariki ya 02 kugeza tariki ya 30 Kanama 2025 muri Kenya,Tanzania na Uganda nibwo hazakinirwa imikino ya CHAN 2024 . Mu basifuzi bazasifura iri