Umukozi w’Imana cyangwa igikoresho cya politiki?
Umukozi w’Imana cyangwa igikoresho cya politiki? Apôtre Mbayahaga Isidore akomeje gushinjwa guharabika u Rwanda no guhakirizwa ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhangana n’ibibazo by’ubukungu, inzara n’iyicarubozo rikorerwa bamwe mu baturage, bamwe mu banyapolitiki n’abayobozi b’amatorero barashinjwa gukoreshwa
Ibitaravuzwe ku gitero gikomeye kuri M23 mu majyaruguru ya Goma:
Ibitaravuzwe ku gitero gikomeye kuri M23 mu majyaruguru ya Goma: Mu masaha ya nimugoroba, habaye igitero gikomeye mu majyaruguru y’umujyi wa Goma, mu duce twa Mugunga na Muja, aho imitwe y’inyeshyamba irimo FDLR-FOCA, CMC-NYATURA ndetse na Wazalendo yagabye igitero ku birindiro bya
Goma: FDLR na Wazalendo bongeye kugaba igitero kuri M23 mubirindiro bitandukanye munkengero za Goma
Igisirikare cya FARDC gifatanyije n’umutwe wa Wazalendo ,ndetse na FDLR bongeye kugaba igitero gikomeye mu nkengero z’umujyi wa Goma . Ni igitero cyumvikanyemo urufaya rw’amasasu yimbunda zubwoko bwose kuva 19h 20 muri territoire ya NYIRAGONGO mu bice bya Mugunga ndetse n’ibindi byinshi nk’uko
Umusenateri w’imyaka 89 yatorewe kuyobora Inama y’Urubyiruko rwa Yaoundé.
Umusenateri w’imyaka 89 yatorewe kuyobora Inama y’Urubyiruko rwa Yaoundé. Mu buryo butunguranye kandi bwatangaje benshi, Umusenateri Pierre Henri w’imyaka 89 y’amavuko yatorewe ku bwiganze busesuye (100%) kuba Perezida w’Inama y’urubyiruko rwa Yaoundé, mandat izamara imyaka 4 ishobora kongerwa. Iri torwa ryabaye
Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafatiwe muri Bulgaria afite cocaine ibiro 205.
Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafatiwe muri Bulgaria afite ibiyobyabwenge bya cocaine bingana n’ibiro 205. Umudipolomate wa RDC Afungiwe muri Bulgaria Azira Cocaine: hafashwe 205 Kg mu modoka. Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatawe muri yombi
Yatawe muri yombi akekwaho gufungirana abakobwa mu nzu ye.
Yatawe muri yombi akekwaho gufungirana abakobwa mu nzu ye. Mwitende Abdoulkarim, umusore wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu, yatawe muri yombi ku wa gatandatu tariki ya 20/7/2025, akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana abantu mu nzu ye. Amakuru avuga ko Burikantu yafashwe
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya AFC/M23 na FDLR-CMC n‘ubwo amasezerano ya Doha atarahabwa agaciro.
Rutshuru: Imirwano Ikomeje hagati ya AFC/M23 na FDLR-CMC n‘ubwo amasezerano ya Doha atarahabwa agaciro. Imirwano ikaze yongeye kubaho mu bice bya chefferie ya Bwito mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho abarwanyi ba AFC/M23 bakomeje kurwana na CMC-FDLR, umutwe w’inyeshyamba wiyita Wazalendo, wiyita
Doha: Kinshasa na AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano y’amahoro ariko se amahoro arashoboka aka kanya?
Doha: Kinshasa na AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano y’amahoro ariko se amahoro arashoboka aka kanya? Mu murwa mukuru wa Qatar, Kinshasa na Alliance Fleuve Congo/M23 bashyize umukono ku masezerano y’agateganyo agamije guhagarika imirwano n’ugushaka amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya
Rutshuru:imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima
Rutshuru imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima ni imirwano yubuye guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 21Nyakanga 2025 guhera mu masaha ya saa kumi n’ebyiri . Iyi mirwano yubuye mu bice bya Sisa
RDC:Agahenge ko guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC ntikubahirijwe Uvira imirwano yubuye
Agahenge ko guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC ntikubahirijwe Uvira imirwano yubuye,iyi mirwano yongeye kubura nyuma y’amasaha makeya I Doha hasinywe amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’ubwumvikane hagati ya guverinoma ya Kinshasa n’umutwe urwanya ubu butegetsi uri mu ihuriro rya AFC/M23