Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.
Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23. Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR
Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni
Umusore w’imyaka 25 yavutaguye uruhinja mpaka arwishe atanga impamvu zisekeje
Umusore w’imyaka 25 wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yiyemereye ko yakubise umwana w’umwaka umwe kugeza apfuye ,avuga ko yarimo gukina nawe nyuma yo kunywa urumogi . Umugabo w’imyaka 25 y’amavuko wo mu mujyi wa Tellahassee muri Leta ya Florida muri Leta Zunze
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”.
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”. Huye, tariki ya 25 Nyakanga 2025, abahanzi baturuka mu karere ka Huye batangije ku mugaragaro gahunda yitwa “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”, igamije kugaragaza no guteza imbere impano z’abahanzi, gukangurira urubyiruko kugira uruhare
Ishyaka rya MRDP Twirwneho ryamaganye itorezwa rya FDLR mu gihugu cy’u Burundi no guhabwa intwaro ngo bajye kwica Abanyamulenge
Ishyaka rya MRDP Twirwaneho watanze impuruza y’uko abarwanyi bo mu mutwe wa FDLR bari gutorezwa mu gihugu cy’u Burundi bagahabwa n’intwaro z’intambara n’ibindi bikoresho n’igihugu cya RDC ndetse n’u Burundi bagahita boherezwa mu bice by’imisozi miremire bya Minembwe na Fizi kwica Abanyamulenge. MRDP
Canada: Ununyapolitiki wavuze ko imibare y’abatutsi bishwe ikabirizwa ntajya imbizi n’Abanyarwanda baba muri icyo gihugu (Inkuru irambuye)
Abanyarwanda batuye muri Canada, bamaganye Umunyapolitiki, Yves Engler, uri guhatanira umwanya wo kuyobora ishyaka rya NDP (New Democratic Party), wigeze gupfobya Jenoside avuga ko imibare y’Abatutsi bishwe mu 1994 ikabirizwa. Mu 2017, Engler abinyujije ku rubuga rwe yavuze ko ibyo u Rwanda ruvuga
U Burundi bwungutse Nyampinga mushya wa 2025 nyuma y’igihe irushanwa ryari rimaze rihagaze(Amafoto)
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri rushanwa ryari rimaze ritaba; mu birori byitabiriwe n’Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye. Byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025, mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi.
Bizimana Djihad yafashije ikipe ye gutera indi ntambwe
Umunyarwanda Bizimana Djihad ukinira Al Ahly Tripoli yo muri Libya, ari mu bayifashije gutsinda umukino wa mbere mu ya kamarampaka izagena ikipe yegukana Shampiyona. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, ni bwo Al Ahly Tripoli yakinnye na Al
Nshuti Innocent agiye gupagarisa mu bihugu by’Abarabu
Rutahizamu Nshuti Innocent yerekeje mu ikipe ya ES Zarzis yo muri Tunisia avuye mu ikipe ya Sebail yo mu gihugu cya Azerbaijan. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025 ni bwo amakuru yacicikanye ko rutahizamu Nshuti Innocent uvuka mu