Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.
Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro. Hari umwuka w’igitutu kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Nyakanga 2025, ku muhanda witwa “Avenue du Livre” uherereye muri komine ya Gombe, i Kinshasa. Inzego z’umutekano zifite intwaro ziremereye zinjiye ku ngufu mu nyubako
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland, nyuma yo kwigamba avuga ko afite igisasu ndetse atukana avuga amagambo mabi yifuriza urupfu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Ibi byabaye ku
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye nyirantarengwa Perezida VladimirPutin
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yahaye nyirantarengwa y’iminsi 10 kugeza kuri 12, mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, akaba yahagaritse intambara kuri Ukraine. Ni imwe mu ngingo Perezida Donald Trump yagarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma yo kuganira na Keir
RDC:Perezida Thisekedi akomeje gufunga abasirikare bakuru abashinja ubugambanyi no gushaka kumuhirika k’ubutegetsi
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye urukiko Rukuru rwa Kinshasa gukatira Francois Beya Kasonga wabaye umujyanama wihariye wa Perezida Felix Tshisekedi Tchilombo mu by’umutekano igifungo cy’umwaka umwe kirimo amezi atandatu asubitse . Francois Beya,Venda Nowa Biama Guy,Col Cikapa Tite Mokili,Komiseri
Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe.
Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe. Iyo wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe, biba birimo amarangamutima akomeye; urukumbuzi, irungu, akenshi n’agahinda. Dore ibintu byubaka wakora kugira ngo uhangane n’icyo gihe kandi ukomeze uwo mubano
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge. Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’ubukungu w’Uburundi, Bujumbura, aravuga ko ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, Urwego rw’Ubutasi rw’iki gihugu (SNR), ku bufatanye na Polisi n’Ingabo z’Uburundi, rwataye
AFC/M23 yamaganye ubwicanyi bwakorewe abasivile muri Ituli batangaza n’icyo bagiye gukora ngo buhagarare
AFC/M23 yatangaje gahunda yiyemeje nyuma yuko abantu 47 bicanywe ubugome ndengakamere Mu ntara ya Ituri aho aba basivire bari bazindukiye mu masengesho bakagabwaho igitero n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Museveni muri Uganda. Iri huriro AFC/M23 ryamaganye ubwicanyi bwakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa
AFC/M23 yahaye gasopo Radio Okapi ya Monusco kubwo kubangamira uburenganzira bwabo bwo gusubiza
Radio Okapi y’ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye bukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imaze iminsi ishinja ubutegetsi bw’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ubwicanyi ,aho iyi Radio itangaza ko mu bice bigenzurwa niri huriro nta mutekano urangwamo bikaba byateye iri huriro kubyamagana. Umuvugizi w’Ihuriro, Alliance
Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.
Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite. Agahinda gakabije (depression profonde) ni kimwe mu bibazo byo mu mutwe bikunze kugaragara cyane mu barwayi bajya kwivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera mu
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza. Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko: “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati